Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: PL Na PSD Byiyemeje Kuzashyigikira Umukandida Wa FPR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

PL Na PSD Byiyemeje Kuzashyigikira Umukandida Wa FPR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2024 2:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kongere ya PSD yateranye kuri iki Cyumweru yemeje ko abayoboke bayo bazashyigikira umukandida watanzwe na FPR-Inkotanyi ari we Paul Kagame.

PSD ni ishyaka riharanira Demukarasi n’Imibereho myiza y’abaturage.

Ubwo ryateranaga kuri iki Cyumweru ryari riyobowe na Perezida waryo ari we Dr. Vincent Biruta usanzwe ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane.

Amatora ya Perezida wa Repubulika n’aya Abadepite iteganyijwe muri Nyakanga, 2024. Abanyamuryango ba PSD bari bateraniye muri Kongere ya Kabiri idasanzwe.

Intego eshatu za PSD ni Ubutabera, Ubwisungane n’Amajyambere.

Ishyaka PSD kandi niryo rivamo Perezida wa Sena y’u Rwanda.

Si PSD gusa yatoye kuzashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi kuko na PL nayo ari uko.

Iki cyemezo yagifatiye mu Nteko rusange yahuje abayobozi bayo n’abanyamuryango bahagarariye abandi yabereye mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 24, Werurwe, 2024.

Abanyamuryango ba PSD bemeje kuzashyigikira umukandida wa FPR-Inkotanyi
Abo muri PL nabo biyemeje kuzashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi
Donatille Mukabalisa niwe wayoboye iyi Kongere ya PL
TAGGED:AmatoraBirutafeaturedKagamePSD
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyo Wakora Ngo Usazane Isuku N’Ibyishimo
Next Article Nyanza: Imwe Mu Nyambo Ziherutse Kumurikwa Yabyaye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?