Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Iti: ‘Abageni Barenza Umubare w’Abatumirwa Bazerekwa Itangazamakuru’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Polisi Iti: ‘Abageni Barenza Umubare w’Abatumirwa Bazerekwa Itangazamakuru’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 March 2021 4:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera avuga ko mu minsi ishize Polisi yabonye abageni barenza umubare wemewe w’abatumirwa mu bukwe. Yababuriye ko abazafatwa bazerekwa itangazamakuru ko bishe ariya  mabwiriza.

Hari mu kiganiro yari yitabiriye kirimo ba Minisitiri barimo uw’ubuzima, uw’ubutegetsi bw’igihugu n’uw’uburezi bari bitabiriye ikiganiro n’abanyamakuru kugira ngo babasobanurire iby’ingamba nshya ziherutse gutangazwa zo kwirinda COVID-19.

CP Kabera avuga ko bidakwiye ko abantu birara ngo bumve ko kuba hari ingamba zorohejwe bitagombye guha abantu urwaho rwo kwirara ngo bumve ko COVID-19 yacitse.

Si abageni gusa Polisi yahaye umuburo kuko n’abandi barimo abanyamakuru, abahanzi n’abandi nabo ubareba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko icyerekana ko abantu biraye ari uko muri iki gitondo hari abantu 39,  Polisi y’u Rwanda yeretse abanyamakuru barimo n’abanyamakuru.

Polisi y’u Rwanda kandi yasabye abaturage ko mu gihe cyo kwizihiza Pasika bazakora uko bishoboka kose bakirinda kwanduzanya kandi bakareka ingendo zitari ngombwa.

Umuvugizi wayo kandi yasabye abo mu turere two mu Majyepfo bashyiriweho isaha yo kuba bari mu ngo kuyubahiriza, bakirinda ibihano.

Ati: “ Abo mu Turere twa Ruhango, Muhanga, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyarugugu na Nyamagabe bakurikize isaha yashyizweho y’uko buri wese aba ari iwe. Babikurikize kuko bizabarinda.”

Mu butumwa buburira, Commissioner Kabera yabwiye Abanyarwanda ko umwaka ushize werekanye ko COVID-19 itananirwa, ko itarambirwa, ko itadohoka, ko idasinzira kandi ko yihinduranya.

- Advertisement -
TAGGED:COVID-19featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Misiri Yabwiye Ethiopia Ko ‘Ushaka Urupfu Asoma Impyisi’
Next Article Abahawe Urukingo Rwa Pfizer Bagiye Guhabwa Urwa Kabiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?