Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Mpuzamahanga Hari Ubutumwa Yageneye Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Polisi Mpuzamahanga Hari Ubutumwa Yageneye Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 8:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge.

INTELPOL isaba amahanga kuba maso.

Afurika y’Epfo yabaye iya mbere mu kumva uyu muburo bituma ifata inkingo 2,400 zitujuje ubuziranenge zari zibitswe ahitwa Gauteng.

Polisi kandi yahasanze udupfukamunwa miliyoni eshatu tutujuje ubuziranenge.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hafashwe Abashinwa batatu n’Umunya Zambia umwe bakurikiranyweho uruhare mu kwinjiza biriya bintu muri kiriya gihugu.

Umuburo wa Polisi Mpuzamahanga uherutse gufasha Polisi y’u Bushinwa gufata abantu 80 ibakurikiranyeho kugira uruhare mu gukora inkingo 3,000 zitujuje ubuziranenge.

Polisi Mpuzamahanga yatangaje umuburo yise ‘Orange Notice.’

 Uwo muburo usobanura mu buryo bwimbitse amakuru ahari y’uko hari amatsinda y’abagizi ba nabi bashaka gukura inyungu mu nkingo za COVID-19.

Abo bagizi ba nabi bateganya kuzakoresha uburyo bwose burimo gukora inkingo zitujuje ubuziranenge, kuzamamaza bakoresheje murandasi no gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo zigere mu biganza by’abo zitagenewe.

- Advertisement -

Umunyamabanga mukuru w’uriya muryango witwa Jürgen Stock avuga ko amakuru amaze kumenyekana ku migambi y’abagizi ba nabi bashaka gushakira amaramuko mu nkingo za COVID-19 ari ‘agatonyanga mu Nyanja.’

Muri Afurika y’epfo bafashe inkingo nyinshi za COVID-19 zitujuje ubuziranenge
TAGGED:AfurikaBushinwaCOVID-19featuredInkingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article LIVE: Aho Idamange Agiye Kwitaba Ubutabera Abantu Ni Bake
Next Article Inkingo za COVID-19 Ziri Kujyanwa Mu Bitaro By’Uturere Tw’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?