Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Mpuzamahanga Hari Ubutumwa Yageneye Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Polisi Mpuzamahanga Hari Ubutumwa Yageneye Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 8:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge.

INTELPOL isaba amahanga kuba maso.

Afurika y’Epfo yabaye iya mbere mu kumva uyu muburo bituma ifata inkingo 2,400 zitujuje ubuziranenge zari zibitswe ahitwa Gauteng.

Polisi kandi yahasanze udupfukamunwa miliyoni eshatu tutujuje ubuziranenge.

Hafashwe Abashinwa batatu n’Umunya Zambia umwe bakurikiranyweho uruhare mu kwinjiza biriya bintu muri kiriya gihugu.

Umuburo wa Polisi Mpuzamahanga uherutse gufasha Polisi y’u Bushinwa gufata abantu 80 ibakurikiranyeho kugira uruhare mu gukora inkingo 3,000 zitujuje ubuziranenge.

Polisi Mpuzamahanga yatangaje umuburo yise ‘Orange Notice.’

 Uwo muburo usobanura mu buryo bwimbitse amakuru ahari y’uko hari amatsinda y’abagizi ba nabi bashaka gukura inyungu mu nkingo za COVID-19.

Abo bagizi ba nabi bateganya kuzakoresha uburyo bwose burimo gukora inkingo zitujuje ubuziranenge, kuzamamaza bakoresheje murandasi no gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo zigere mu biganza by’abo zitagenewe.

Umunyamabanga mukuru w’uriya muryango witwa Jürgen Stock avuga ko amakuru amaze kumenyekana ku migambi y’abagizi ba nabi bashaka gushakira amaramuko mu nkingo za COVID-19 ari ‘agatonyanga mu Nyanja.’

Muri Afurika y’epfo bafashe inkingo nyinshi za COVID-19 zitujuje ubuziranenge
TAGGED:AfurikaBushinwaCOVID-19featuredInkingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article LIVE: Aho Idamange Agiye Kwitaba Ubutabera Abantu Ni Bake
Next Article Inkingo za COVID-19 Ziri Kujyanwa Mu Bitaro By’Uturere Tw’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miss Jolly Yaguze Imodoka Ya Miliyoni Frw 300

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUbuzima

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?