Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Yishimiye Uko Abanyarwanda Baraye Bitwaye Mu Ijoro Ry’Ubunani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Polisi Yishimiye Uko Abanyarwanda Baraye Bitwaye Mu Ijoro Ry’Ubunani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 January 2025 12:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
ACP Boniface Rutikanga, Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda.
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yavuze ko Abanyarwanda baraye bitwaye neza muri rusange, binjira mu mwaka nta byago cyangwa ibyaha bikomeye bibaye.

Yasabye abantu gukomera kwishimira iminsi mikuru mu ituze.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko nubwo muri Kigali hari hari umubare munini w’abantu,  muri rusange bitwaye neza.

Yavuze kandi ko abapolisi bari bageze kare aho biri bubere, bashyira abantu ku murongo kugira ngo ibintu bize gukorwa mu ituze.

Icyakora Rutikanga yabwiye RBA ko hari utubari twagaragayemo urugomo yise ko ‘rusanzwe’, rutagize uwo rukomeretsa.

Muri iri joro yavuze ko raporo yabonaga zavugaga ko nta mpanuka cyangwa urugomo rukomeye rwaba rwakorewe muri Kigali.

Yaboneyeho kuburira Abanyarwanda bose ko nubwo bagomba kwishima, bakishimira ko barangije neza umwaka bagatangira undi, ariko kwirinda ibyaha n’ibyago biri mu nshingano za buri wese kandi ibihe byose.

ACP Rutikanga Boniface yaboneye ho umwanya wo kwibutsa abashoferi kudatwara basinze, urubyiruko rukirinda icyarutera urugomo.

TAGGED:BonifacefeaturedPolisiRutikangaUrugomo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abasirikare 13 Bakatiwe Urwo Gupfa Bazira Guhunga M23
Next Article Abanya Uganda 1000 Baba Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu ‘Bagiye’ Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?