Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Prof Silas Lwakabamba Yahawe Izindi Nshingano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Prof Silas Lwakabamba Yahawe Izindi Nshingano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2021 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Prof  Silas Lwakabamba yahawe inshingino zo kuyobora Kaminuza yitwa Coventry Univeristy ku rwego rw’Umugabane w’Afurika. Iyi Kaminuza ifite ikicaro mu Rwanda ikaba ikorera mu nyubako yitwa Kigali Heights.

Lwakabamba yari amaze imyaka itatu atari mu rwego rw’uburezi.

Silas Lwakabamba ni Umunyarwanda wavukiye kandi yiga amashuri ye menshi muri Tanzania.

Yize muri Kaminuza ya Leeds mu Bwongereza, yiga ibyitwa Engineering, arangiza ikiciro cya gatatu mu mwaka (BSc) mu mwaka wa 1971.

Imyaka ine nyuma y’aho yabonye impamyabumenyi y’ikirenga (PhD), hari mu mwaka wa  1975.

Nyuma yasubiye muri Tanzania yigisha mu ishami yizemo rya Engineering rya Kaminuza ya Dar es Salaam.

Yahawe urwego rwa Professorship mu mwaka wa  1981 nyuma gato aza guhagararira iri shami.

Mu mwaka wa 1997 , Silas Lwakabamba yabaye Umuyobozi wa Mbere w’Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda ryigisha ubuhanga n’ikoranabuhanga rizwi nka Kigali Institute of Science and Technology hari mu mwaka wa  2006.

Bidatinze kandi yaje kugirwa umuyobozi mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda.

Yakoze ako kazi kugeza ubwo yagirwaga Minisitiri w’ibikorwa remezo muri Guverinoma y’u Rwanda.

Mu rwego rw’uburezi, Prof Silas Lwakabamba yabaye Minisitiri w’uburezi guhera Nyakanga, 2014 kugeza tariki 24, Kamena, 2015, ubwo yagirwaga Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo.

 

TAGGED:featuredKaminuzaLwakabambaMinisitiriUburezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Katumba Wamala Wayoboye Ingabo Za Uganda Yarokotse Amasasu
Next Article U Rwanda Rwakiriye Izindi Nkingo 100.600 Za Pfizer
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Amashereka: Ikinyobwa Cyaremwe Mu Rukundo

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Trump Ntarashirwa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Itegeko Ku Makosa Yo Mu Muhanda Riraremereye Cyane-Umunyamategeko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?