Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin yasezeranyije Biden ubufatanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin yasezeranyije Biden ubufatanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2020 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko itore yemeje mu buryo budasubirwaho  ko Joe Biden ari we watorewe kuyobora USA, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yamwoherereje ubutumwa bumwizeza ubufatanye.

Kugeza ubu u Burusiya bwari bwaririnze kugira icyo butangaza ku itorwa rya Biden bwanga ko byazahinduka ku munota wa nyuma.

Amakenga y’u Burusiya yari ashingiye ku ngingo y’uko uwo Perezida Biden yatsinze yari  yanze kuva ku izima avuga ko yibwe amajwi.

Abarusiya bavugaga ko kamarampaka izaba icyemezo kizafatwa n’abagize Inteko nkuru itoresha kuko ari yo itangaza bidasubirwaho ko runaka yatsinze amatora mu gihe kuyemeranyaho byajemo kidobya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iby’umubano wa USA n’u Burusiya ntibizabura kuzamo gucunganwa kuko ibi bihugu bifitanye amateka yo gutatana haba mu bya gisirikare, ubukungu n’ahandi.

N’ubwo hari abavuga ko umubano w’ibihugu byombi uzaba mwiza ugereranyije n’uko byagenze mu myaka ine ishize USA itegekwa na Donald Trump, ku rundi ruhande ibihugu byombi bizahora bizirikana amateka yabyo mu Ntambara y’Ubutita(1947-1991).

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda ntituri habi mu kurinda impfu z’ababyeyi ariko turacyafite akazi: Dr Muhirwa
Next Article Karongi: SEDO aravugwaho gukubita umuturage utishimiye ikiciro cy’ubudehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?