Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin yasezeranyije Biden ubufatanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin yasezeranyije Biden ubufatanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2020 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko itore yemeje mu buryo budasubirwaho  ko Joe Biden ari we watorewe kuyobora USA, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yamwoherereje ubutumwa bumwizeza ubufatanye.

Kugeza ubu u Burusiya bwari bwaririnze kugira icyo butangaza ku itorwa rya Biden bwanga ko byazahinduka ku munota wa nyuma.

Amakenga y’u Burusiya yari ashingiye ku ngingo y’uko uwo Perezida Biden yatsinze yari  yanze kuva ku izima avuga ko yibwe amajwi.

Abarusiya bavugaga ko kamarampaka izaba icyemezo kizafatwa n’abagize Inteko nkuru itoresha kuko ari yo itangaza bidasubirwaho ko runaka yatsinze amatora mu gihe kuyemeranyaho byajemo kidobya.

Iby’umubano wa USA n’u Burusiya ntibizabura kuzamo gucunganwa kuko ibi bihugu bifitanye amateka yo gutatana haba mu bya gisirikare, ubukungu n’ahandi.

N’ubwo hari abavuga ko umubano w’ibihugu byombi uzaba mwiza ugereranyije n’uko byagenze mu myaka ine ishize USA itegekwa na Donald Trump, ku rundi ruhande ibihugu byombi bizahora bizirikana amateka yabyo mu Ntambara y’Ubutita(1947-1991).

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda ntituri habi mu kurinda impfu z’ababyeyi ariko turacyafite akazi: Dr Muhirwa
Next Article Karongi: SEDO aravugwaho gukubita umuturage utishimiye ikiciro cy’ubudehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?