Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin yasezeranyije Biden ubufatanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin yasezeranyije Biden ubufatanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2020 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko itore yemeje mu buryo budasubirwaho  ko Joe Biden ari we watorewe kuyobora USA, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yamwoherereje ubutumwa bumwizeza ubufatanye.

Kugeza ubu u Burusiya bwari bwaririnze kugira icyo butangaza ku itorwa rya Biden bwanga ko byazahinduka ku munota wa nyuma.

Amakenga y’u Burusiya yari ashingiye ku ngingo y’uko uwo Perezida Biden yatsinze yari  yanze kuva ku izima avuga ko yibwe amajwi.

Abarusiya bavugaga ko kamarampaka izaba icyemezo kizafatwa n’abagize Inteko nkuru itoresha kuko ari yo itangaza bidasubirwaho ko runaka yatsinze amatora mu gihe kuyemeranyaho byajemo kidobya.

Iby’umubano wa USA n’u Burusiya ntibizabura kuzamo gucunganwa kuko ibi bihugu bifitanye amateka yo gutatana haba mu bya gisirikare, ubukungu n’ahandi.

N’ubwo hari abavuga ko umubano w’ibihugu byombi uzaba mwiza ugereranyije n’uko byagenze mu myaka ine ishize USA itegekwa na Donald Trump, ku rundi ruhande ibihugu byombi bizahora bizirikana amateka yabyo mu Ntambara y’Ubutita(1947-1991).

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda ntituri habi mu kurinda impfu z’ababyeyi ariko turacyafite akazi: Dr Muhirwa
Next Article Karongi: SEDO aravugwaho gukubita umuturage utishimiye ikiciro cy’ubudehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?