Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin Yashyiriweho Impapuro Zo Kumuta Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin Yashyiriweho Impapuro Zo Kumuta Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2023 8:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Russian President Vladimir Putin looks on at his meeting with Lebanese counterpart Michel Aoun at the Kremlin in Moscow, Russia March 26, 2019. REUTERS/Maxim Shemetov/Pool TPX IMAGES OF THE DAY
SHARE

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwaraye rusohoye inyandiko mpuzamahanga zo guta muri yombi Vladmin Putin.

Arashinjwa gushimuta abana bo muri Ukraine bakajyanwa kuba mu Burusiya.

Undi ICC yashyiriyeho impapuro zimufata ni umukozi mu Biro bya Putin ushinzwe uburenganzira bwa muntu n’ubw’abana by’umwihariko witwa Maria Lvova-Belova.

N’ubwo ari uko bimeze, u Burusiya ntabwo ari umunyamuryango wa ICC!

Ibyaha bamurega, bavuga ko yatangiye kubikora taliki 24, Gashyantare, 2022, ubwo yatangizaga intambara muri Ukraine.

Abacamanza bo mu rugerero rwa kabiri rwa ruriya rukiko, bavuga ko hari impamvu zikomeye baheraho bakekaho Putin n’uwo bafatanyije gukurikiranwa gukora ibyaha birimo gushimuta no kujyana abana mu Burusiya bavanwe mu bice bwigaruriye muri Ukraine.

Bemeza ko ibyo bakurikiranyweho bigize icyaha cyakorewe abana bo muri Ukraine.

TAGGED:BurusiyafeaturedIbyahaIntambaraPutinUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu, Ikoranabuhanga No Guhanga Udushya Nibyo Dushyize Imbere- Kagame
Next Article Suella Braverman Wo Mu Bwongereza Yageze i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?