Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin Yasuye Umujyi Wo Muri Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin Yasuye Umujyi Wo Muri Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 March 2023 4:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Burusiya haravugwa inkuru y’uko Perezida w’iki gihugu yasuye umujwi wa Mariupol muri Ukraine. Hari amafoto yatangajwe n’ibinyamakuru bw’i Moscow yerekana Putin yitwaye mu modoka agana i Mariupol.

Ishami rya BBC rishinzwe kugenzura inkomoko y’amashusho cyangwa amafoto ryiwa BBC Monitoring rivuga ko hataramenyakana igihe ariya mashusho ya Putin yafatiwe.

Itangazamakuru rivuga ko uruzinduko rwa Perezida Putin mu mujyi wa Mariupol rwabaye ku wa Gatandatu taliki 19, Werurwe, 2023.

Yahahuriye n’abagaba b’ingabo ze bari ahitwa Rostov-on-Don hafi ya Mariupol.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibiro ntaramakuru Tass News Agency bivuga ko Putin yagiye muri uriya mujyi wo muri Ukraine akoresheje kajugujugu.

Yageze yo afata imodoka ajya gusura abasirikare be kandi aganira n’abaturage b’aho ku byerekeye umutekano.

Putin kandi yaganiriye na Visi Minisitiri w’intebe, Marat Khusnullin, amusobanurira uko barimo kongera kubaka uriya mujyi wasenywe bikomeye n’intambara.

Putin yanasuye ahantu h’imyidagaduro hitwa Philharmonic Hall.

Benshi mu baharindaga barwana n’ingabo z’u Burusiya byarangiye bamanitse amaboko bafatwa mpiri.

- Advertisement -

Mariupol ni umujyi umaze hafi umwaka uri mu maboko y’Uburusiya, Ukraine ivuga ko mu ntambara haguye abantu 20,000.

TAGGED:BurusiyafeaturedIngaboPutin
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyabihu: Bafatanywe Urumogi Rufite Agaciro Ka Miliyoni ‘Nyinshi’
Next Article Ruhango: Yahushije Umugore We Atema Umwana We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?