Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Qatar Yashimye Umuhati W’U Rwanda Na DRC Mu Guhagarika Imirwano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Qatar Yashimye Umuhati W’U Rwanda Na DRC Mu Guhagarika Imirwano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2025 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa.

Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gushakira amahoro arambye Akarere u Rwanda ruherereyemo.

Qatar ivuga ko ishyigikiye ko impande zirebwa n’iki kibazo ziganira kuruta imirwano.

Tariki 18, Werurwe, 2025, Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi bahuriye i Doha k’ubutumire bw’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar witwa Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani.

Icyo gihe biyemeje ko impande zose zihanganye zigiye guhagarika intambara bidatinze.

Nyuma y’iminsi mike, M23 yatangaje ko igiye gukura abasirikare bayo muri Walikale kandi yarabikoze.

TAGGED:AbanafeaturedIntambaraM23QatarRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imyigaragambyo Ikomeye Yadutse Muri Turikiya 
Next Article Rusizi: Bishimira Akamaro Ifu Y’Isambaza Igira Mu Mikurire Y’Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?