Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rayon Sports Y’Abagore Yatwaye Indi Shampiyona Yikurikiranya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Rayon Sports Y’Abagore Yatwaye Indi Shampiyona Yikurikiranya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2025 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagore bakinira Rayon Sports baraye batwaye igikombe cya Shampiyona  2024-2025. Hari mu mikino wa nyuma wabahuje na bagenzi babo bo mu Inyemera WC urangira ibatsinze 2-1.

Umukino wa nyuma waraye ubaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22, Werurwe, 2025 ubera kuri Stade yo mu Nzove aho Rayon Sports ifite ikibuga.

Wari umukino w’umunsi wa 18 utarabereye igihe wabereye kuri Stade yo mu Nzove aho isanzwe ikinira,

Igikombe Rayon Sports yaraye ni icya kabiri itwaye yikurikiranya uko ikibanza yagitwaye mu mwaka wa Shampiyona wa 2023-2024 .

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibi iyi kipe itozwa na Rwaka Claude ni na byo yakoze maze itsinda Inyemera WFC ibitego 2-1 kuri uyu wa Gatandatu yuzuza amanota 53 mu mikino 20.

Byahise bivuga ko mu mikino ibiri isigaye ngo shampiyona 2024-2025 irangire bidashoboka ko Indahangarwa WFC zifite amanota 44 mu mikino 20  zikaba ku mwanya wa kabiri zageza kuri ayo manota.

Mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda harimo ko Rayon Sports WFC yigeze gusenyuka.

Nyuma yaje kugaruka mu kibuga mu mwaka wa 2022-2023 ubwo Uwayezu Jean Fidèle yayoboraga Umuryango wa Rayon Sports.

TAGGED:AbagoreIkipeRayonRwandaShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yarekuye Umujyi Wa Walikale 
Next Article Umukino W’Igisoro: Ishusho Y’Ubuhanga Bw’Ingabo Z’u Rwanda Rwo Hambere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?