Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDC: Abantu 30 Bakatiwe Urwo Gupfa Bazira Akaduruvayo Ko Ku Ilayidi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

RDC: Abantu 30 Bakatiwe Urwo Gupfa Bazira Akaduruvayo Ko Ku Ilayidi

Last updated: 15 May 2021 4:37 pm
Share
SHARE

Urukiko rw’i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye urwo gupfa abantu 30, nyuma yo guhamwa n’uruhare mu kaduruvayo kahanganishije polisi n’ibice bimwe by’Abayisilamu bigometse, ku munsi mukuru w’Ilayidi.

Ako kavuyo katejwe n’ibice bibiri by’abayoboke b’idini ya Islam ku wa Kane, byahanganye birwanira uburenganzira bwo kwizihirirza umunsi w’Ilayidi muri Stade des Martyrs i Kinshasa. Byarangiye abateje akavuyo banahanganye na Polisi ubwo yazaga gukiza.

Ni akaduruvayo kaguyemo umupolisi umwe.

Mu rubanza rwahise rutangira ku wa Gatanu, rwasojwe mu bantu 41 baburanishwaga, 30 bakatiwe urwo gupfa, umwe akatirwa gufungwa imyaka itanu, batanu bagirwa abere.

Nubwo abantu benshi bakomeje gukatirwa urwo gupfa muri RDC, nta muntu urahabwa icyo gihano guhera mu 2003. Ahubwo igihano cy’urupfu cyagiye kivunjwamo igifungo cya burundu.

Inzego z’ibanze zatangaje ko uretse umupolisi umwe wishwe, abantu basaga 40 bakomeretse ndetse imodoka imwe ya polisi igatwikwa.

TAGGED:featuredIlayidiRDC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Twibuke Imiryango Yazimye Yabujijwe Ejo Heza- Jeannette Kagame
Next Article Abapolisi Babiri Bafunzwe Bazira Gukubita Uwatorotse Kasho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu mahanga

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?