Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Werurwe, 2024; ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo baratangiza “ukwezi” kwahariwe ibikorwa byo guteza imbere abaturage.

Ni igikorwa cyo gutegura kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe, kiswe “Defence and Security Citizen Outreach Programme 2024″ (CORwanda24)”.

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ivuga ko ibikorwa ingabo zihuriyeho na Polisi bisanzwe biri mu mabwiriza agenga imikorere y’izi nzego zombi.

Ayo mabwiriza arimo no guteza imbere imibereho y’abaturage ikarushaho kuba myiza.

Ibikorwa ingabo na Polisi bateganya kuzakora bizamara amezi atatu bikazakemura ibibazo by’abaturage mu buzima, ubukungu, ibikorwaremezo, kububakira abatishoboye inzu zo kubamo n’ibindi.

Itangazo Minisiteri y’ingabo yashyize kuri X rirangiza ubutumwa bwaryo rishimira Abanyarwanda ku bufatanye bereka Polisi n’ingabo mu bikorwa b’izi nzego bya buri munsi mu gucunga umutekano wabo.

TAGGED:AbaturagefeaturedImiberehoIngaboKwibohoraPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru
Next Article Uburusiya Bwasohoye Intwaro Za Kirimbuzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?