Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Werurwe, 2024; ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo baratangiza “ukwezi” kwahariwe ibikorwa byo guteza imbere abaturage.

Ni igikorwa cyo gutegura kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe, kiswe “Defence and Security Citizen Outreach Programme 2024″ (CORwanda24)”.

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ivuga ko ibikorwa ingabo zihuriyeho na Polisi bisanzwe biri mu mabwiriza agenga imikorere y’izi nzego zombi.

Ayo mabwiriza arimo no guteza imbere imibereho y’abaturage ikarushaho kuba myiza.

Ibikorwa ingabo na Polisi bateganya kuzakora bizamara amezi atatu bikazakemura ibibazo by’abaturage mu buzima, ubukungu, ibikorwaremezo, kububakira abatishoboye inzu zo kubamo n’ibindi.

Itangazo Minisiteri y’ingabo yashyize kuri X rirangiza ubutumwa bwaryo rishimira Abanyarwanda ku bufatanye bereka Polisi n’ingabo mu bikorwa b’izi nzego bya buri munsi mu gucunga umutekano wabo.

TAGGED:AbaturagefeaturedImiberehoIngaboKwibohoraPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru
Next Article Uburusiya Bwasohoye Intwaro Za Kirimbuzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?