Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Resitora Zimwe z’I Nyamirambo Zimuriwe Mu Mihanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19Imibereho

Resitora Zimwe z’I Nyamirambo Zimuriwe Mu Mihanda

admin
Last updated: 23 June 2021 12:07 pm
admin
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera.

Ni icyemezo cyafashwe mu kwirinda ikwirakwira rya COVID-19, cyane ko yandura cyane iyo abantu hahuriye ahafunganye. Resitora ni bumwe mu bucuruzi bwemerewe gukomeza muri ibi bihe, ariko zigomba kwakira abatarenze 30% by’ubushobozi zifite bwo kwakira abantu.

Imihanda yabaye ifunzwe ku binyabiziga bikoresha moteri ni KN 113 St, KN 115 St na KN 126 St.

Umujyi wa Kigali watangaje ko ari ukugira ngo aho hantu hakoreshwe mu kwirinda ubucucike muri resitora, ba nyirazo bakazajya bahicaza abakiriya bahanye intera muri ibi bihe bya COVID-19.

Wakomeje uti “Ba nyiri ‘restaurant’ barahashyira intebe n’ameza kugira ngo bakomeze kwakira ababagana ariko bakurikiza ingamba zo kwirinda koronavirusi. Nta bindi byemerewe gukorerwa muri iyo mihanda uretse kwakira abakiriya kandi bakitwararika ku isuku yaho.”

Muri aka gace kafunzwemo iyi mihanda hakunze gucururizwa icyayi kizwi nka ‘Thé Vert’, gikundwa n’abantu benshi. Byemejwe mu rwego rwo kugabanya umuvundo wahagaragaraga.

Imihanda itatu yahinduwe ahazajya hakorera resitora

 

TAGGED:COVID-19featuredNyamiramboUmujyi wa Kigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwanyi Barenga 100 Barimo Aba FDLR Bamanitse Amaboko
Next Article Amerika Yahaye U Rwanda Ibikoresho Byo Guhangana Na COVID Muri Ibi Bihe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?