Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amabwiriza ajyanye no gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19, aho mu Mujyi wa Kigali ibirori byose no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Ni...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa guhita...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu igenzura ryakozwe guhera ku wa 22 Nzeri kugeza ku wa 2 Ukwakira hafashwe abantu bagera mu 1434, basanzwe mu tubari...
Umujyi wa Kigali washyizeho Urugo mbonezamikurire y’abana bato ruzatangira gukora vuba, ruzajya rwakira abana b’abakozi bo mu nyubako ihuriza hamwe ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’Akarere ka...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu izasubukura ibikorwa byo gutanga urukingo rwa mbere rwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali, ku bantu bafite imyaka...