Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 10:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
RIB ikora uko ishoboye ikegera abaturage batuye ahitaruye station zayo
SHARE

Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca.

Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyuma y’urubanza kuri Jenoside yakorewe mu Kagari ka Haniro, Umurenge wa Manihira muri Rutsiro y’ubu.

Uwafashwe afite imyaka 66 y’amavuko.

Nyuma yo kumva ko yakatiwe, Nyandwi yahise atangira kwihishahisha, abikorera mu Karere ka Kamonyi muri Gacurabwenge.

Ubwo yafatwaga, yafatiwe mu Mujyi wa Kigali aho yari yaje muri gahunda ze.

Evariste Nyandwi yari asanzwe ari umuyede( umuntu ufasha abafundi kubaka).

Ubugenzacyaha buvuga ko  uwafashwe agomba gushikirizwa Igororero rya Nyakiriba kugira ngo aharangirize igihano cy’igifungo yahawe.

Ubuvugizi bw’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buburira buri muntu ko kwica umuntu ari icyaha cy’ubugome kandi ko ubikoze wese agomba gushyikirizwa ubutabera.

Ikindi abantu bagomba kuzirikana ni uko icyaha cya Jenoside kidasaza bityo uwagikoze akaba agomba gushyikirizwa uburabera hatitawe ku myaka yose yaba ishize gikozwe.

TAGGED:AbatutsiJenosideNyandwiRIBRutsiroUbugenzacyahaUbutaberaUmuyede
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Byinshi Bitarakorwa Ngo Uburinganire Bwuzure- Perezida Kagame
Next Article Ntibisanzwe: Singapore Iravugwamo Ruswa Mu Bayobozi Bakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?