Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 10:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
RIB ikora uko ishoboye ikegera abaturage batuye ahitaruye station zayo
SHARE

Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca.

Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyuma y’urubanza kuri Jenoside yakorewe mu Kagari ka Haniro, Umurenge wa Manihira muri Rutsiro y’ubu.

Uwafashwe afite imyaka 66 y’amavuko.

Nyuma yo kumva ko yakatiwe, Nyandwi yahise atangira kwihishahisha, abikorera mu Karere ka Kamonyi muri Gacurabwenge.

Ubwo yafatwaga, yafatiwe mu Mujyi wa Kigali aho yari yaje muri gahunda ze.

Evariste Nyandwi yari asanzwe ari umuyede( umuntu ufasha abafundi kubaka).

Ubugenzacyaha buvuga ko  uwafashwe agomba gushikirizwa Igororero rya Nyakiriba kugira ngo aharangirize igihano cy’igifungo yahawe.

Ubuvugizi bw’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buburira buri muntu ko kwica umuntu ari icyaha cy’ubugome kandi ko ubikoze wese agomba gushyikirizwa ubutabera.

Ikindi abantu bagomba kuzirikana ni uko icyaha cya Jenoside kidasaza bityo uwagikoze akaba agomba gushyikirizwa uburabera hatitawe ku myaka yose yaba ishize gikozwe.

TAGGED:AbatutsiJenosideNyandwiRIBRutsiroUbugenzacyahaUbutaberaUmuyede
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Byinshi Bitarakorwa Ngo Uburinganire Bwuzure- Perezida Kagame
Next Article Ntibisanzwe: Singapore Iravugwamo Ruswa Mu Bayobozi Bakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?