Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 10:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
RIB ikora uko ishoboye ikegera abaturage batuye ahitaruye station zayo
SHARE

Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca.

Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyuma y’urubanza kuri Jenoside yakorewe mu Kagari ka Haniro, Umurenge wa Manihira muri Rutsiro y’ubu.

Uwafashwe afite imyaka 66 y’amavuko.

Nyuma yo kumva ko yakatiwe, Nyandwi yahise atangira kwihishahisha, abikorera mu Karere ka Kamonyi muri Gacurabwenge.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo yafatwaga, yafatiwe mu Mujyi wa Kigali aho yari yaje muri gahunda ze.

Evariste Nyandwi yari asanzwe ari umuyede( umuntu ufasha abafundi kubaka).

Ubugenzacyaha buvuga ko  uwafashwe agomba gushikirizwa Igororero rya Nyakiriba kugira ngo aharangirize igihano cy’igifungo yahawe.

Ubuvugizi bw’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buburira buri muntu ko kwica umuntu ari icyaha cy’ubugome kandi ko ubikoze wese agomba gushyikirizwa ubutabera.

Ikindi abantu bagomba kuzirikana ni uko icyaha cya Jenoside kidasaza bityo uwagikoze akaba agomba gushyikirizwa uburabera hatitawe ku myaka yose yaba ishize gikozwe.

- Advertisement -
TAGGED:AbatutsiJenosideNyandwiRIBRutsiroUbugenzacyahaUbutaberaUmuyede
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Byinshi Bitarakorwa Ngo Uburinganire Bwuzure- Perezida Kagame
Next Article Ntibisanzwe: Singapore Iravugwamo Ruswa Mu Bayobozi Bakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?