Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rishi Sunak Wayoboye Ubwongereza Yahawe Inshingano Muri Banki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Rishi Sunak Wayoboye Ubwongereza Yahawe Inshingano Muri Banki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2025 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rishi Sunak wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yahawe inshingano zo kuba Umujyanama mu bukungu bw’ibihugu by’isi muri Banki ikomeye muri Amerika yitwa Goldman Sachs.

Iyo Banki iba muri Manhattan muri New York, ikaba Banki ya Kabiri ikomeye ku isi.

Umwanya wo kuba Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza yawuvuyeho mu mwaka wa 2024 hari muri Nyakanga, hari hashize imyaka ibiri agiye kuri uyu mwanya.

Icyakora yigeze kuba umukozi muri iyi Banki ashinzwe gusesengura ibibera muri Banki hari mu mwaka wa 2000.

Umuyobozi mukuru wa Banki Goldman Sachs witwa David Solomon avuga ko yishimiye kongera kwakira Sunak mu itsinda rikorera muri iriya Banki.

Umushahara Sunak azahembwa uzajya mu kigo cy’ubugiraneza yashinze yise Richmond Project, akaba agifatanyije n’umugore we Akshata Murty, intego yacyo ikaba iyo guteza imbere gusoma no kwandika mu Bwongereza.

Ntiyemerewe kandi kuzakorana n’abantu bakomeye yahoze akorana nabo ubwo yari Minisitiri w’Intebe cyangwa se ngo aganire naza Guverinoma z’ibihugu ku mikorere ya Banki.

Ubwo yari Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak yari ashyigikiye amasezerano hagati y’u Rwanda n’Ubwongereza ku byerekeye abimukira, amasezerano yaje guteshwa agaciro na Guverinoma yasimbuye iyo we na bagenzi be bayoboraga y’abo bita Conservatives.

TAGGED:BankifeaturedMinisitiriRishiRwandaSunakUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mike Kayihura Yavuze Uko Yasinye Amasezerano Akamuhombya
Next Article DRC: Abajenerali Bashinjanye Gushaka Guhirika Tshisekedi 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?