Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ron Adam Wahagarariye Israel Bwa Mbere Mu Rwanda Yushe Ikivi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ron Adam Wahagarariye Israel Bwa Mbere Mu Rwanda Yushe Ikivi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2023 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Ron Adam wari umaze hafi imyaka itanu ahagarariye Israel mu Rwanda yaraye asezeye kuri Perezida Kagame kuko yushe ikivi cye.

Ron Adam niwe wa mbere  Yeruzalemu yohereje ngo ahagararira Israel mu Rwanda kuva iki gihugu cyafungura Ambasade yacyo mu Rwanda.

Yasezeye kuri Perezida Kagame

Ni umugabo uzi gushyikirana kandi waganiraga n’abantu b’ingeri zose.

N’ubwo umutekano we wabaga urinzwe cyane ntibyamubuzaga kwegera abantu akabaganiriza ntacyo yishisha.

Mbere yo kwakirwa na Perezida Kagame ngo amusezereho, Amb Dr. Ron Adam yari yabanje kwakirwa na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta.

Mu byo asize akoze mu Rwanda harimo inka abaturage bo mu Turere dutandukanye, kubaka ibigo bihugura urubyiruko mu ikoranabuhanga, yatanze amaraso agenewe abarwayi, yahaye ibiganiro urubyiruko byerekeranye no kuba umuyobozi uhamye kandi igihugu cye cyafashe u Rwanda mu buhinzi no mu bindi.

Ron Adam yasimbujwe Madamu Einat Weiss.

Soma ikiganiro yahaye Taarifa agitangira imirimo:

Tuzajyana Abanyarwanda Ku Kwezi, Nabanje Kuba Umunyamakuru…-Ikiganiro na Ambasaderi wa Israel

TAGGED:AdamfeaturedIsraelKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Igiciro Cya Essence Cyazamutseho Frw122
Next Article Rwanda: Perezida Kagame Yatashye Uruganda Rwa Sima Ikomeye Kurusha Izindi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?