Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ronapreve: Umuti UVURA COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ronapreve: Umuti UVURA COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 August 2021 2:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ronapreve ni umuti wakozwe n’inganda zo mu Bwongereza ukaba ufite ubushobozi bwo kurinda ko umuntu yandura COVID-19 ariko ukanamuvura ibisigisigi byayo ku bayanduye.

Ni umuti ukomatanyije ibinyabutabire byongerera umuntu ubudahangarwa ku rwego rwo hejuru k’uburyo adashobora kwandura kandi uwayanduye nawe ntazahazwe n’ingaruka itera.

Ikigo cy’Abongereza gishinzwe imiti kitwa The Medicines and Healthcare products Regulatory Agency (MHRA) kivuga ko hasigaye igihe gito ngo uriya muti wemererwe guterwa Abongereza.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima mu Bwongereza witwa Sajid Javid yabwiye ikinyamakuru kitwa RT.Com ko kuba uriya muti warakozwe ari inkuru nziza ku batuye u Bwongereza by’umwihariko n’abatuye Isi muri rusange.

Ati: “ Hasigaye igihe gito ngo dutangaze ko uriya muti watangira gucuruzwa mu gihugu hose.”

Javid avuga ko abantu bazaterwa uriya muti[ni umuti ntabwo ari urukingo] bizafasha imibiri yabo kutandura kiriya cyorezo, kandi abacyanduye nabo ntibarembeshwe n’ingaruka kigira cyane cyane ku myanya y’ubuhumekero.

Yatanze umuburo w’uko uriya muti udasimbura inkingo zisanzwe zikoreshwa mu Bwongereza.

Akamaro kawo ni ukongerera abantu ubudahangarwa basanganywe.

Minisitiri w’ubuzima mu Bwongereza  Sajid Javid

Ronapreve ni umuti uhabwa umuntu bawumuteye mu rushinge cyangwa akawunywa.

Iyo ugeze mu mubiri ufasha abasirikare bawo kwisuganya bagahangana na virus ya  COVID-19, bakayikumira mbere y’uko igera mu bice by’ibihaha ikabyangiza.

TAGGED:AbongerezaCOVID-19featuredUmuti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isomwa Ry’Urubanza Rwa Rusesabagina Ryahawe Itariki Nshya
Next Article UGHE Igiye Guha Impamyabumenyi Abanyeshuri 23 Basoje Master’s
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?