Abashoramari bo mu Rwanda baganiriye na bagenzi babo bo mu Kirwa cya Barbados mu rwego rwo guhana amakuru y’aho buri ruhande rwashora imari. Abo muri Barbados...
Raporo yasohowe na The Times ivuga ko hari bamwe mu Batalibani bahoze ari ingabo z’Afghanistan batojwe n’ingabo z’u Bwongereza n’iz’Amerika ubwo ari ziri muri kiriya gihugu....
Mbere y’uko igihe cya nyirantarengwa zahawe kigera ngo zose zibe zavuye ku butaka bwa Afghanistan, ingabo z’Abanyamerika n’iz’Abongereza zuriye indege zirataha ndetse zisigayo bimwe mu bikoresho...
Ronapreve ni umuti wakozwe n’inganda zo mu Bwongereza ukaba ufite ubushobozi bwo kurinda ko umuntu yandura COVID-19 ariko ukanamuvura ibisigisigi byayo ku bayanduye. Ni umuti ukomatanyije...
Mu mezi make ashize, uvuye muri Bangladesh, ukambuka muri Nepal ukagera no mu Rwanda, abantu batunguwe no kumva ko inkingo za COVID-19 zabaye nke, bityo ko...