Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Ingengabitekerezo Ihangayikishije Abarokotse Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Ingengabitekerezo Ihangayikishije Abarokotse Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2023 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko n’ubwo hashize imyaka 29 Jenoside ihagaritswe, hari bamwe bakivugwamo ingengabitekerezo yayo.

Babivugiye mu biganiro byaraye bibaye ubwo bibukaga Jenoside yakorewe ku Nyundo.

Umwe mu bayoboye buriya bwicanyi ni Colonel Nsengiyumva Anatole.

Col Anatole Nsengiyumva

Uyu musirikare yahoze ayoboye iperereza mu ngabo za Forces Armées Rwandaises( FAR) mu cyahoze ari Perefegitura Gisenyi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo yageraga ku Nyundo abakoraga Jenoside bashyizemo umurego bica Abatutsi benshi barimo n’abihaye Imana biciwe mu Iseminari Nto ya Nyungo  no mu kigo cy’amashuri cya Lycée de Nyundo.

Mu Batutsi barenze 500 bari bahungiye muri kiriya gice harokotse mbarwa.

Ku rundi ruhande, abarokotse Jenoside bavuga ikibazo gikomeye kigihari ari uko hari bamwe bahatuye batarumva neza gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’.

Ngo ingengabitekerezo iracyari muri benshi.

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Habitegeko François yasabye abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside kuyireka kuko ntacyo yabamarira.

- Advertisement -

RBA yanditse ko muri uriya muhango wo kwibuka hari imibiri 14 yashyinguwe.

Iyi mibiri yabonetse mu mirenge ya Busasamana na Kanzenze ikaba yashyinguwe  mu cyubahiro mu rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo.

TAGGED:AbatutsifeaturedJenosideNyundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yongeye Yanga Kuzaganira Na M23
Next Article Rwanda: Ibiciro Bikomeje Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?