Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Ingengabitekerezo Ihangayikishije Abarokotse Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Ingengabitekerezo Ihangayikishije Abarokotse Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2023 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko n’ubwo hashize imyaka 29 Jenoside ihagaritswe, hari bamwe bakivugwamo ingengabitekerezo yayo.

Babivugiye mu biganiro byaraye bibaye ubwo bibukaga Jenoside yakorewe ku Nyundo.

Umwe mu bayoboye buriya bwicanyi ni Colonel Nsengiyumva Anatole.

Col Anatole Nsengiyumva

Uyu musirikare yahoze ayoboye iperereza mu ngabo za Forces Armées Rwandaises( FAR) mu cyahoze ari Perefegitura Gisenyi.

Ubwo yageraga ku Nyundo abakoraga Jenoside bashyizemo umurego bica Abatutsi benshi barimo n’abihaye Imana biciwe mu Iseminari Nto ya Nyungo  no mu kigo cy’amashuri cya Lycée de Nyundo.

Mu Batutsi barenze 500 bari bahungiye muri kiriya gice harokotse mbarwa.

Ku rundi ruhande, abarokotse Jenoside bavuga ikibazo gikomeye kigihari ari uko hari bamwe bahatuye batarumva neza gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’.

Ngo ingengabitekerezo iracyari muri benshi.

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Habitegeko François yasabye abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside kuyireka kuko ntacyo yabamarira.

RBA yanditse ko muri uriya muhango wo kwibuka hari imibiri 14 yashyinguwe.

Iyi mibiri yabonetse mu mirenge ya Busasamana na Kanzenze ikaba yashyinguwe  mu cyubahiro mu rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo.

TAGGED:AbatutsifeaturedJenosideNyundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yongeye Yanga Kuzaganira Na M23
Next Article Rwanda: Ibiciro Bikomeje Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?