Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu  witwa Dr Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko Ildephonse Kambogo atari ashoboye. Avuga ko bagiriye  Kambogo inama kenshi ariko arinangira.

Dr. Kabano ati: “..Ntabwo yari ashoboye gushyira mu bikorwa inshingano ze zose kandi yagiriwe inama kenshi”.

Ngo Ildephonse Kambogo ntiyari ashoboye handi byatangiye kera.

Perezida wa Njyanama ya Rubavu avuga ko hashize amasaha atatu bafashe icyemezo cyo kweguza Ilphonse Kambogo, akemeza ko kumweguza bidashingiye ku biza biherutse kugwirira Rubavu gusa ahubwo bishingiye no ku bindi atigeze yuzuza kuva yaba Meya.

Yahakanye amakuru avuga ko Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage witwa Pacifique Ishimwe nawe yegujwe.

Abajijwe uri kuyobora Akarere ka Rubavu, Dr. Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko hakiri kare ko uwo muntu atangazwa ariko avuga ko Akarere katabura uko kayoborwa kuko inzego zose zubatse neza.

TAGGED:featuredKambogoNjyanamaPerezidaRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Huzuye Uruganda Rukora Ibiryo By’Amatungo Magufi
Next Article Rwanda: Hegitari 2000 Z’Imyaka ‘Iri Hafi Kwera’ Zangijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?