Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu  witwa Dr Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko Ildephonse Kambogo atari ashoboye. Avuga ko bagiriye  Kambogo inama kenshi ariko arinangira.

Dr. Kabano ati: “..Ntabwo yari ashoboye gushyira mu bikorwa inshingano ze zose kandi yagiriwe inama kenshi”.

Ngo Ildephonse Kambogo ntiyari ashoboye handi byatangiye kera.

Perezida wa Njyanama ya Rubavu avuga ko hashize amasaha atatu bafashe icyemezo cyo kweguza Ilphonse Kambogo, akemeza ko kumweguza bidashingiye ku biza biherutse kugwirira Rubavu gusa ahubwo bishingiye no ku bindi atigeze yuzuza kuva yaba Meya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yahakanye amakuru avuga ko Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage witwa Pacifique Ishimwe nawe yegujwe.

Abajijwe uri kuyobora Akarere ka Rubavu, Dr. Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko hakiri kare ko uwo muntu atangazwa ariko avuga ko Akarere katabura uko kayoborwa kuko inzego zose zubatse neza.

TAGGED:featuredKambogoNjyanamaPerezidaRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Huzuye Uruganda Rukora Ibiryo By’Amatungo Magufi
Next Article Rwanda: Hegitari 2000 Z’Imyaka ‘Iri Hafi Kwera’ Zangijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?