Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Abasore Batatu Bakurikiranyweho Gufata Umugore Ku Ngufu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ruhango: Abasore Batatu Bakurikiranyweho Gufata Umugore Ku Ngufu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2024 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Mu Murenge wa Mbuye muri Ruhango niho byabereye
SHARE

Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwiba.

Amakuru atangazwa na TV1 avuga ko nyiri gukorerwa ibya mfura mbi yababwiye ibyamubayeho, akababwira ko abo bajura bamusambanyije ku gahato nyuma yo kumwiba.

Polisi nayo yemeza ko abo basore yabafashe, ubu bakaba bafungiye kuri station yayo yo mu Byimana.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo SP Emmanuel Habiyaremye avuga ko uwa mbere muri abo basore afite imyaka 20, undi akagira imyaka 23 n’aho undi akagira imyaka 31.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu rugo rw’uwo mugore bahibye matola, inkweto, n’imyenda.

Mu gihe iperereza rigikorwa, uwibwe asaba ubuyobozi n’abagira neza kumuremera kuko ibyo yari atunze byose abo bakura babitwaye, akaba asigariye aho.

Mu rwego rwo gukumira, Polisi isaba abaturage kujya bayitungira agatoki ku bantu bagaragaza imyitwarire ikemangwa kugira ngo batangire bacungirwe hafi.

Abo barimo n’abakoresha ibiyobyabwenge, haba mu kubinywa cyangwa kubikwirakwiza.

Gukoresha ibiyobyabwenge biri mu bitiza umurindi imyitwarire ibangamiye ituze rusange harimo urugomo n’ubujura.

- Advertisement -

Abenshi mu bafungiye mu magereza y’u Rwanda bahamijwe ibyaha by’ubujura n’urugomo rutera abantu gukubita no gukomeretsa abandi.

TAGGED:GusambanyaPolisiubujuraUmuturageUrugomo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amikoro Make Ni Imbogamizi Ibuza Afurika Kurengera Ibidukikije-Kagame
Next Article DRC Yashyize Mu Gisirikare 7,43 % By’Ingengo Y’Imari Ya 2025
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?