Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore...
Amakuru avuga ko mu Murenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza ahari ikigo cy’amashuri kitwa Sainte Trinité de Nyanza hari abarimu bane batawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha...
Hashize iminsi ibiri Urwego rw’ Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umurezi wo mu kigo cy’amashuri cyo mu Karere ka Bugesera rumukurikiranyeho gusambanya abana 10 b’abahungu yigishaga. Byabereye...
Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye...
Mu rubanza rwabaye mu Cyumweru gishize rukabera mu Rukiko rwisumbuye rwa Rusizi, Ubushinjacyaha bwagaragaje ko uwo buregwa gusambanya umwana we yamubyaye akiri umusore, amaze gushaka amuzana...