Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Bazirikiye Umwana Amaboko Imugongo Bamumanika Mu Bwiherero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Bazirikiye Umwana Amaboko Imugongo Bamumanika Mu Bwiherero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2023 8:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Mirambi, Akagari ka Burima mu Murenge wa  Kinazi mu Karere ka Ruhango haraye havuzwe inkuru y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu wishwe azirikiwe amaboko imugongo( mu mugongo) uwamwishe amumanika mu bwiherero ngo bibabaze Nyina.

Intandaro y’urupfu rw’iyi nzirakarengane ni urwango umugabo yagiriye Nyina kubera ko uyu yari yarareze mu buyobozi uwo mugabo kuko yari yaramubonye yiba ihene z’ishuri riri hafi aho.

Uwibye ihene yaguriye undi muntu ngo azice uwo mwana mu rwego rwo kwihimura kuri Nyina.

Ubwo bagenzi bacu ba UMUSEKE bakorera mu Ruhango babazaga ubuyobozi bw’aka Karere niba hari icyo bwavuga kuri ayo makuru y’uko ubwo bwicanyi bwakozwe, bwasubije ko ntacyo bwabyemezaho.

Bwemeza ko hari abagabo babiri bamaze gutabwa muri yombi bakurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’uwo mwana.

Umurambo w’uwo mwana warashyinguwe.

Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Habarurema Valens avuga ko urupfu rw’uyu mwana rwamenyekanye ubwo inzego z’ibanze, iz’ubugenzacyaha na Polisi zageraga kuri uwo murambo.

Yavuze ko abahageze mbere basanze uwo mwana yapfuye, amakuru akavuga ko bamusanganye umugozi mu ijosi ndetse iruhande rwe hari imyenda ya Nyina.

Habarurema avuga ko kuri ubu umwana yashyinguwe, asaba umuryango we kwihangana ndetse awizeza ubutabera ku buryo ababikoze bazahanwa hakurikijwe amategeko.

Agira inama buri wese kwirinda ibyaha.

TAGGED:featuredKwicaRuhangoUbwihereroUmugaboUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Turahirwa Moses
Next Article Rwanda: Inzibutso Zigiye Gushyirwamo Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?