Mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Kabayiza Cyprien ushinjwa gutema Nyina, mwishywa we ndetse n’inka yo muri urwo rugo bari batunze....
Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri guhigira hasi kubura hejuru abagizi ba nabi bitwikiriye ijoro batera abaturage ibyuma. Abagabo bane nibo bakomerekejwe na bariya bagizi ba nabi...
Mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango hafungiye umugabo witwa Hategekimana ukurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 100,000 mu ruhame undi arayanga agahita amuta muri...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango hari inkuru ivuga iby’umugabo wakubise umwana we w’imyaka itandatu bimuviramo urupfu. Uwo mwana yari umukobwa, bikemezwa ko yari amaze...
Mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro haravugwa umugabo witwa Rusesabagina Daniel kuri Noheli yatemye bikomeye umugore we....