Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Indi Kamyo Ya Howo Yishe Umuntu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Indi Kamyo Ya Howo Yishe Umuntu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 December 2022 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo bita Howo( Abanyarwanda byihimbye DIPINE) ihitana umuntu.

Byabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 04, Ukuboza, 2022 ubwo yari igeze ku kiraro gitindishije ibiti.

Amakuru Taarifa yahawe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo  avuga ko uriya iriya kamyo yageze ku rutindo rw’ibiti ruri muri uriya mudugudu, uburemere bw’igice cy’inyuma cyari gipakiye umucanga buturitsa ikiraro hanyuma imodoka irabirinduka.

Hari abantu batatu bari bari hejuru y’umucanga, bityo mu kubirinduka, umucanga warabubamiye, abaje gutabara basanga umwe muri abo bantu yapfuye.

Chief Inspector of Police( CIP) Emmanuel Habiyaremye uvugira Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yabwiye Taarifa ko imbere mu kizuru cy’iriya kamyo hari harimo abandi bantu batatu.

Uretse nyakwigendera witwa Jean Pierre Mvunabandi wavutse mu mwaka wa 1983, abandi bose ngo barakomeretse bajyanwa kwa muganga.

Ubuyobozi bukuru muri Polisi baherutse kubwira Sena y’u Rwanda ko hatangiye igenzura ryimbitse ku mikorere n’imiterere by’aya makamyo ngo harebwe niba mwihariko w’izikorera mu Rwanda waba utuma zikora impanuka nk’uko bimeze iminsi bigaragara.

Sena Yabajije Polisi Iby’Amakamyo Ya Howo Amaze Iminsi Ahitana Abanyarwanda

TAGGED:HowoIkamyoPolisiRuhango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amadolari Yemerewe Abarwanyi Baje Mu Mishyikirano I Nairobi Yateje Rwaserera
Next Article U Rwanda Rurashaka Kubaka ‘Ubukungu Budapfusha Ubusa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingjye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?