Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Indi Kamyo Ya Howo Yishe Umuntu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Indi Kamyo Ya Howo Yishe Umuntu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 December 2022 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo bita Howo( Abanyarwanda byihimbye DIPINE) ihitana umuntu.

Byabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 04, Ukuboza, 2022 ubwo yari igeze ku kiraro gitindishije ibiti.

Amakuru Taarifa yahawe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo  avuga ko uriya iriya kamyo yageze ku rutindo rw’ibiti ruri muri uriya mudugudu, uburemere bw’igice cy’inyuma cyari gipakiye umucanga buturitsa ikiraro hanyuma imodoka irabirinduka.

Hari abantu batatu bari bari hejuru y’umucanga, bityo mu kubirinduka, umucanga warabubamiye, abaje gutabara basanga umwe muri abo bantu yapfuye.

Chief Inspector of Police( CIP) Emmanuel Habiyaremye uvugira Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yabwiye Taarifa ko imbere mu kizuru cy’iriya kamyo hari harimo abandi bantu batatu.

Uretse nyakwigendera witwa Jean Pierre Mvunabandi wavutse mu mwaka wa 1983, abandi bose ngo barakomeretse bajyanwa kwa muganga.

Ubuyobozi bukuru muri Polisi baherutse kubwira Sena y’u Rwanda ko hatangiye igenzura ryimbitse ku mikorere n’imiterere by’aya makamyo ngo harebwe niba mwihariko w’izikorera mu Rwanda waba utuma zikora impanuka nk’uko bimeze iminsi bigaragara.

Sena Yabajije Polisi Iby’Amakamyo Ya Howo Amaze Iminsi Ahitana Abanyarwanda

TAGGED:HowoIkamyoPolisiRuhango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amadolari Yemerewe Abarwanyi Baje Mu Mishyikirano I Nairobi Yateje Rwaserera
Next Article U Rwanda Rurashaka Kubaka ‘Ubukungu Budapfusha Ubusa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?