Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Inzuki Zishe Umwana W’Imyaka Ine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Inzuki Zishe Umwana W’Imyaka Ine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage b’Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango bavuga ko hari umwana w’imyaka ine wapfuye nyuma yo kuribwa n’inzuki nyinshi. Iwabo hari mu Mudugudu wa  Nyamugari, Akagari ka Gafunzo mu Murenge wa Mwendo.

Izo nzuki zariye uriya mwana ahagana saa sita za ku manywa.

Umuvumvu wari woroye ziriya nzuki yitwa Munyanziza Théoneste, akaba afite imizinga myinshi muri ako gace.

Umwana wapfuye yitwaga Iradukunda Berwa.

Babanje kumujyana kwa muganga ariko aza kuhasiga ubuzima kubera ko zari zamunegekaje kandi ari na muto cyane.

Hari abandi bana icyenda nabo baherutse kuribwa n’inzuki bafite hagati y’imyaka itatu n’imyaka 17.

Bajyanywe kwa Muganga.

UMUSEKE dukesha iyi nkuru uvuga ko umwana wapfuye ari mwene Iradukunda Pacifique na Mutuyimana  Adelphine.

Imizinga yari irimo ziriya nzuki yari ihagitse ku nzira ijya ku kigega cy’amazi bavomaho.

Ntacyo Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwigeze butangariza itangazamakuru kuri iki kibazo.

TAGGED:AbanafeaturedInzukiRuhangoUmuvumvu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: ‘Yishe’ Umugore We Nyuma Yandika Irage Ry’Abana
Next Article Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?