Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rulindo: Bafatanywe Kanyanga Mu Majerekeni Menshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rulindo: Bafatanywe Kanyanga Mu Majerekeni Menshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2025 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagore n’abagabo bo mu Midugudu ya Ntaba n’uwa Kabuga mu Kagari ka Mvuzo mu Murenge wa Murambi muri Rulindo bafashwe ku wa Gatanu Tariki 21, Gashyantare, 2025 bafite kanyanga iri mu majerekeni menshi.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru SP Jean Bosco Mwiseneza yavuze ko abo bantu bafatanywe ibindi bikoresho bakoreshaga bateke kiriya kiyobyabwenge.

Ati: “Mu byo bafatanywe harimo ibikoresho bifashishwa mu guteka kanyanga, kuyitunda n’ibyo batwaramo imisemburo bayikoramo. Ibyo ni ingunguru imwe, amajerekani 84 harimo ayo bari bashyizemo umusemburo witwa Melase ukorwamo kanyanga ndetse na Litiro 17 za kanyanga nyirizina”.

Amakuru yatanze n’abaturage niyo yatumye Polisi imenya jby’ayo makuru ifata abakekwaho kubikora.

Abafashwe bajyanywe kuri Polisi Station ya Murambi bakaba barimo gukorwaho iperereza.

SP Mwiseneza yibukije abaturage kwirinda kwishora mu bikorwa bigayitse, byo gukora no gucuruza ibiyobyabwenge, kuko ari icyaha gihanwa n’amategeko, kandi bigira ingaruka ku buzima bwabo.

TAGGED:kanyangaPolisiRulindo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yategetse Ko Ingabo Zongererwa Umushahara
Next Article Tour Du Rwanda Yatangiye, Perezida Kagame Arayifungura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?