Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2023 5:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda yatangaje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana wiyise Sankara barekuwe binyuze ku mbabazi zitangwa na Perezida wa Repubulika. Ni nyuma y’uko Rusesabagina asabye imbabazi.

Si abo gusa babariwe kuko hari n’abandi bagera kuri 18 bari bafatanyije muri icyo cyaha barekuwe.

Itangazo ryo muri Minisiteri y’ubutabera riha umuburo abafunguwe ko nibasubira gukora ibyaha bari barahmijwe, hazubahirizwa ibihano bari barahawe mbere y’uko babarirwa.

Icyakora sibo gusa bafunguwe kubera ibyaha by’iterabwoba byahitanye Abanyarwanda bari barahamijwe, ahubwo hari n’abandi bari barakatiwe kubera ibindi byaha barimo Ronaldo Bill RUTAYISIRE, Justin NSENGIYUMVA na Ephraim RWAMWENGE.

Muri rusange imbabazi zahawe abantu 358.

Hagati aho mu Biro by’Umukuru w’u Rwanda hari kubera inama y’Abaminisitiri iza gusuzumirwamo ingingo zitandukanye zireba ubuzima bw’igihugu.

President Kagame is chairing a cabinet meeting discussing various policies of national interest. pic.twitter.com/um6f3vlR6H

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) March 24, 2023

Byitezwe Ko Paul Rusesabagina Afungurwa, Yasabye Imbabazi

TAGGED:featuredRusesabaginaSankaraUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali
Next Article Rusesabagina Yaraye Mu Rugo Rwa Ambasaderi Wa Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?