Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2023 5:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda yatangaje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana wiyise Sankara barekuwe binyuze ku mbabazi zitangwa na Perezida wa Repubulika. Ni nyuma y’uko Rusesabagina asabye imbabazi.

Si abo gusa babariwe kuko hari n’abandi bagera kuri 18 bari bafatanyije muri icyo cyaha barekuwe.

Itangazo ryo muri Minisiteri y’ubutabera riha umuburo abafunguwe ko nibasubira gukora ibyaha bari barahmijwe, hazubahirizwa ibihano bari barahawe mbere y’uko babarirwa.

Icyakora sibo gusa bafunguwe kubera ibyaha by’iterabwoba byahitanye Abanyarwanda bari barahamijwe, ahubwo hari n’abandi bari barakatiwe kubera ibindi byaha barimo Ronaldo Bill RUTAYISIRE, Justin NSENGIYUMVA na Ephraim RWAMWENGE.

Muri rusange imbabazi zahawe abantu 358.

Hagati aho mu Biro by’Umukuru w’u Rwanda hari kubera inama y’Abaminisitiri iza gusuzumirwamo ingingo zitandukanye zireba ubuzima bw’igihugu.

President Kagame is chairing a cabinet meeting discussing various policies of national interest. pic.twitter.com/um6f3vlR6H

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) March 24, 2023

Byitezwe Ko Paul Rusesabagina Afungurwa, Yasabye Imbabazi

TAGGED:featuredRusesabaginaSankaraUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Za Uganda Zigiye Gutangira Ingendo I Kigali
Next Article Rusesabagina Yaraye Mu Rugo Rwa Ambasaderi Wa Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?