Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusesabagina Yaraye Mu Rugo Rwa Ambasaderi Wa Qatar
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusesabagina Yaraye Mu Rugo Rwa Ambasaderi Wa Qatar

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2023 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Paul Rusesabagina, who sheltered more than 1,000 people in his hotel during the Rwandan genocide, says the brutal violence in Syria, the Central African Republic and the Congo shows history repeats itself while people fail to learn from it.
SHARE

Taarifa yamenye ko nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika, Paul Rusesabagina yahise atwarwa n’abayobozi muri Ambasade y’Amerika i Kigali bamuvana aho yari afungiwe bamujyana mu rugo rwa Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda.

Muri uyu mujyo kandi, Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Pres, byanditse ko mu minsi mike iri imbere, Rusesabagina azurizwa indege akajyanwa i Doha muri Qatar akazahava akomereza iwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ibiro by’Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byashimye icyemezo cy’u Rwanda cyo kurekura Paul Rusesabagina.

Perezida Biden nawe avuga ko cyakishimiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Paul Rusesabagina w’imyaka 68 y’amavuko hari ibaruwa yandikiye Perezida Kagame amusaba imbabazi.

Muri yo handitsemo ko yicuza imikoranire iyo ari yo yose yagiranye n’abakoze ibyaha byahitanye abaturage bo mu Majyepfo no mu Burengerazuba.

Avuga ko yicuza no kuba yaragize imikoranire n’indi mitwe ya Politiki.

Rusesabagina yanditse ko narekurwa azazibukira ibya Politiki y’u Rwanda, akajya kwibera muri Amerika atuje, yitekerezaho.

TAGGED:AmbasadefeaturedKagameKigaliQatarRusesabagiranaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusesabagina Na Sankara BAHAWE IMBABAZI
Next Article Jean Pierre Bemba Yashyizwe Mu Buyobozi Bw’Ingabo Za DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?