Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2023 7:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25, Mata, 2023 habonetse imibiri 251.

Mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, hakunze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside.

Bamwe bibaza impamvu muri iki gihe ari bwo bagaragara kandi haba hari abantu bazi aho iyo mibiri iba yarajugunywe.

IBUKA isaba abantu bose bazi aho imibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuhavuga kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kumenya aho imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe ntibitangazwe, ubizi abikurikiranwaho mu rwego rw’amategeko.

Gushakisha indi mibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuri Paruwasi ya Mibilizi muri Rusizi birakomeje.

TAGGED:featuredImibiriJenosideRusiziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikoranabuhanga Ni Ngombwa Mu Bucuruzi Bwa Afurika: Perezida Kagame
Next Article Abapolisi Bibukijwe Kugaragaza Ubumuntu Mu Byo Bakora Byose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?