Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2023 7:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25, Mata, 2023 habonetse imibiri 251.

Mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, hakunze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside.

Bamwe bibaza impamvu muri iki gihe ari bwo bagaragara kandi haba hari abantu bazi aho iyo mibiri iba yarajugunywe.

IBUKA isaba abantu bose bazi aho imibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuhavuga kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.

Kumenya aho imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe ntibitangazwe, ubizi abikurikiranwaho mu rwego rw’amategeko.

Gushakisha indi mibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuri Paruwasi ya Mibilizi muri Rusizi birakomeje.

TAGGED:featuredImibiriJenosideRusiziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikoranabuhanga Ni Ngombwa Mu Bucuruzi Bwa Afurika: Perezida Kagame
Next Article Abapolisi Bibukijwe Kugaragaza Ubumuntu Mu Byo Bakora Byose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?