Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutanga Wakanyujijeho Muri Rayon Yagiye Muri Gorilla FC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Rutanga Wakanyujijeho Muri Rayon Yagiye Muri Gorilla FC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 August 2024 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu  yerekeje muri Gorilla FC.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto bashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo.

Bagize bati: “Twishimiye gutangaza ko twasinyishije Rutanga Eric amasezerano y’amezi 12 [umwaka].”

Eric Rutanga yagiye muri Gorilla FC

Azwiho gutsinda imipira iteretse, akoresheje imoso akaba asinyiye asinyiye Gorilla FC nyuma y’igihe gito avuye muri Police FC yagezemo mu mwaka wa 2020.

Yigeze no gukinira ‘Amavubi’, avuye mu irerero rya APR FC nyuma azamurwa mu ikipe nkuru ya APR ahava ajya muri  mukeba wayo ari we Rayon Sports.

Icyo  niyo ni nyuma yo kutabona umwanya uhagije wo gukina.

Muri  Rayon niho yabakiye izina ndetse ayibera kapiteni, ayifasha gutwara Igikombe cya Shampiyona no kugera muri 1/4 cya CAF Confederation Cup.

Aherutse no kwerura avuga ko kuba yaravuye muri Rayon ari ikosa rikomeye yakoze kuko ikundwa na benshi kandi ikaba yaramugejeje ku rundi rwego.

TAGGED:GorillaImikinoRayonRutanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mezi Arindwi Mu Rwanda Hamaze Kuba Inkongi 201- Polisi
Next Article Abapolisi 100 Ba DRC Bahungiye Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?