Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Abarema Isoko Ry’Imbuto Ry’i Gishari Ntibazongera Kunywa Amazi Yanduye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Rwamagana: Abarema Isoko Ry’Imbuto Ry’i Gishari Ntibazongera Kunywa Amazi Yanduye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2022 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ikigo gitunganya kikanagurisha amazi kitwa JIBU buherutse guha abarema isoko ry’i Rwamagana, i Gishari, ryigurishirizwamo imbuto n’imboga amazi atunganywa na ruriya ruganda kugira ngo bibarinde amazi yanduye.

Amazi yanduye ni amazi afite ibara cyangwa impumuro runaka cyangwa arimo udukoko tutagaragarira amaso.

Hari ubwo aba atagaragaza umwanda runaka ariko arimo ibinyabuzima bitagaragarira amaso biteza indwara zitandukanye zirimo n’inzoka zo mu nda.

Abakozi b’Uruganda JIBU bayobowe n’uwitwa Djibril Habiyaremye bahaye amazi abaturage barema ririya soko amazi mu macupa manini kugira ngo bajye banywa amazi asukuye.

Iki kigo gifite ahantu  57 mu Rwanda hatunganyirizwa amazi ya JIBU,  muri Kigali honyine hari ahantu 33.

Ushinzwe ibikorwa muri JIBU Rwanda witwa Bruno Tuyisenge  aherutse kubwira itangazamakuru  ko  ikibazo bahuye nabwo bagirangira gutunganya  ariya mazi, ari ukumvisha Abanyarwanda akamaro ko kunywa amazi atunganyijwe batanyoye amazi atetse gusa.

Ati: ” Icyo twabanje gukora ni ukumvisha abantu akamaro ko kunywa amazi atunganyijwe bakava ku mazi atetse. Byabanje kugorana ariko imibare yerekana ko bagenda babyumva gahoro gahoro.”

Ku  munsi muri rusange  batunganya amazi angana na Litiro 10,000 ariko ngo hari ubwo amazi atunganywa ashobora kwiyongera bitewe n’uko abantu bayacyeneye ahantu runaka.

Abakozi ba JIBU
Umwe mu bacuruzi b’i Gishari yahawe akazi ko kujya acuruza amazi kugira ngo abaturage batabura amazi meza
Bimwe mu byamamare kuri Instagram byari byagiye muri kiriya gikorwa
Abaturage bishimiye kunywa amazi meza bitabaye ngombwa ko bayateka ngo bihumanye ikirere
Amazi ni isoko y’ubuzima
Tuyisenge Bruno asobanura uko ariya mazi atunganywa
Uwamahoro Rehema uyobora abacuruzi ba JIBU ku rwego rw’igihugu
Djibril Hakuziyaremye aganira n’itangazamakuru

 

TAGGED:AbaturageAmazifeaturedJIBURwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Jeannette Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Guha Impamyabumenyi Abigaga Green Hills
Next Article Abasirikare Baturuka Mu Bihugu 11 By’Afurika Barangirije Amasomo Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?