Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Gushakisha Ibuye Rya Lithium Byatangiye Ku Mugaragaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwamagana: Gushakisha Ibuye Rya Lithium Byatangiye Ku Mugaragaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 November 2023 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bwa mine na gazi, RMB, Amb.Yemima Karitanyi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo gushaka ahantu hose haba hari ibuye rya lithium mu Karere ka Rwamagana.

Ubu bushakashatsi bugiye gutangirira mu Murenge wa Ntunga, ariko hazarebwa niba nta handi ryaboneka.

Si muri Ntunga gusa hazashakishwa ariya mabuye kuko no mu Murenge wa Musha naho ari uko.

Ikigo kitwa Trinity Metals nicyo kigiye gushaka iri buye muri Rwamagana ariko amakuru Taarifa ifite avuga ko Leta nayo iteganya gutangira gushaka aya mabuye mu Karere ka Ngororero.

Hasanzweho kandi umushinga wo kuzubaka ikigo gitunganya iri buye, amakuru akavuga ko inyigo niyuzura ‘gishobora kuzubakwa’ mu Karere ka Muhanga.

Lithium ni amabuye y’agaciro yavumbuwe mu 1817 na Johan August Arfvedson, akaba yari umuhanga mu butabire wo muri Sweden.

Rikoreshwa mu gukora ibintu bitandukanye birimo bateri za telefone, iza mudasobwa, iza cameras n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga.

TAGGED:featuredIbuyeLithiumRwamaganaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Ababyeyi Bavuga Ko Guhugira Mu Mirimo Byatumye Abana Bagwingira
Next Article Mu Mafoto: Uko Byifashe I Kibeho Aho Bizihiza Amabonekerwa Ya Bikira Mariya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?