Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Kurindisha Banki Inkoni Byorohereje Ibisambo Kumwica
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Kurindisha Banki Inkoni Byorohereje Ibisambo Kumwica

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 6:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore witwa Irené Nzigira yishwe atewe ibyuma ubwo abagizi ba nabi bamusangaga arindishije Banki y’Abaturage y’i Rwamagana inkoni. Byabereye mu Mudugudu w’Akabuye, Akagari ka Kibazi, Umurenge wa Munyiginya.

Nzigira Irenee warindaga Banki y’abaturage i Rwamagana, yishwe atewe ibyuma nk’uko ubuyobozi bubitangaza.

Nzigira yakoreraga ikigo kigenga kirinda umutekano kitwa RGL.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Munyiginya  witwa Mukantambara Brigitte yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko abantu bamenye urupfu rwa Nzigira mu gitondo  cy’agasusuruko cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 24, Gicurasi, 2023.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikibabaje ngo ni uko uriya musore yarindishaga Banki ikibando, bityo ngo ubwo abagizi ba nabi bamusumiraga, yabuze ubundi buryo bwo kwitabara bamutera ibyuma kugeza apfuye.

Mukantambara ati: “…Ni za sosiyete zirinda amabanki ariko nta mbunda yari afite. Yarindaga ari umwe. Bamuteraguye ibyuma.”

Byabereye mu Murenge wa Munyiginya

Nyuma y’aho bimenyekaniye, ngo iperereza ryatangiye.

Bisa n’aho uriya musore yabaye igitambo kubera ko nyuma yo kumwica, abajura bahise biruka, bagenda batibye Banki y’Abaturage y’i Munyiginya.

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu buruhukiro by’iBitaro bya Rwamagana.

- Advertisement -
TAGGED:AbajuraBankifeaturedInkoniRwamaganaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Ukraine Arasura U Rwanda
Next Article BAL: Iyakuyemo REG BBC Yageze Ku Mukino wa Nyuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?