Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Umugore Yishwe Ni Ibuye Ari Mu Kirombe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Umugore Yishwe Ni Ibuye Ari Mu Kirombe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2023 12:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Mukamurara Valentine, akaba afite imyaka 57 y’amavuko. Yapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Mwurire mu Karere ka Rwamagana ubwo agwirwaga mu mutwe n’ibuye rinini bikamuviramo urupfu.

Ni inkuru yatangiye kumenyekana kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Gicurasi, 2023 ubwo abaturage bo mu Kagari ka Ntunga aho Mukamurara yari atuye batangiraga kubivuga.

Bavuga ko uriya mugore yazindutse kare ajya gucukura amabuye mu kirombe gisanzwe gicukurwa n’ikigo kitwa Muzigura Company Ltd.

Ibuye ryahanutse rimwitura hejura, arapfa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mwurire witwa Zamu Daniel yabwiye bagenzi bacu b’UMUSEKE  ririya buye ryaguye ku mutwe w’uriya mugore.

Ati: ” Mu gitondo mbere y’uko batangira akazi babanje guhabwa amabwiriza, bafata ibikoresho, banasuzuma aho bagiye gukorera. Kuko yari umuntu ukuze. Hari abantu bakora ibintu bibiri . Hari abacukura amabuye, hari n’abayahonda bakayakuramo ikitwa concase, abo ni abafite imbaraga nke.”

Mukamurara we yashakaga utubuye duto kugira ngo adutange abandi ariko agira ibyago ibuye rimwe riramanuka rimwikubita mu mutwe arapfa.

Ntabwo ari ikirombe cyamuridukiye ahubwo ni ibuye ryamugwiriye riramuhitana.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mwurire witwa Zamu asaba abakora imirimo yo gucukura amabuye kujya bigengesera uko bashoboye kose.

- Advertisement -

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku bitaro by’Akarere ka Rwamagana gusuzumwa.

TAGGED:AgaciroAmabuyeIkirombeRwamaganaUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umurambo W’Umuturage W’i Burera Wari Warabuze Wabonetse
Next Article Rwanda: Abisilamu Bo Hirya No Hino Ku Isi Bari Kurushanwa Kuvuga Korowani Mu Mutwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?