Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin, Tantalite, Tungsten na...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hafatiwe umugore ari kumwe n’umugabo bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Abaturage b’aho babonye uwo mugore n’uriya...
Abasore babiri baherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu ibasanze bacukura amabuye y’agaciro yitwa Beryl. Umwe afite imyaka 32...
Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30 bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko. Umwe yamaze kubazwa n’ubugenzacyaha abandi nabo...
Mu gihe Amerika n’u Burayi bamaze iminsi barirengagije Afghanistan kubera ko muri iki gihe iyobowe n’Abatalibani, u Bushinwa bwo bwabibonyemo amahirwe y’ishoramari. Ubushinwa bwemeranyije n’Abatalibani ko...