Hashize iminsi itatu mu Murenge wa Rusarabuye abatwije imihoro n’ubuhiri biraye mu barinda ikirombe cy’ibuye rya Wolfram barabatema. Ubu mu Karere ka Muhanga n’aho haravugwa urugomo...
Abasore bitwaje imihoro n’ubuhiri bo mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera batemye abashinzwe kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro babasiga ari intere. Nyuma yo kubatema...
Major (Rtd) Paul Katabarwa n’abandi bantu bane bavugwa mu bucukuzi bw’ikirombe giherutse kugwamo abantu batandatu barimo bana bane, baraye bitabye urukiko. Katabarwa aregwa gukora ibikorwa by’ubucukuzi...
Abaturage b’Akarere ka Kayonza babwiye Urwego rw’ubugenzacyaha ko uretse abangiza ibidukikije, hari n’ibindi byaha bibugarije. Muri byo harimo amakimbirane mu ngo, guhohotera abana, gukubita no gukomeretsa,...
Ikigo Mpuzamahanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo mu Bwongereza kitwa Rio Tinto Mining and Exploration Ltd kigiye gushora mu gucukura ayo mu Rwanda. Mu mabuye menshi...