Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Umwana Yaciwe Umutwe, Uwabikoze Arawujyana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Umwana Yaciwe Umutwe, Uwabikoze Arawujyana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2022 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gishari, Akarere ka Rwamagana  haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana waciwe umutwe none uwo mutwe bawushatse barawubura.

Yari ajyanye na bagenzi be kuvoma atemwa n’umuntu utarafatwa kugeza ubwo twatangazaga iyi nkuru.

Amakuru avuga ko ibi byabereye mu Murenge wa Gishari, Akagari ka Bwinsanga, mu Mudugudu wa Nyakabungo.

Bivugwa ko uwakoze ibi yabanje kwihisha, abana barindwi baciye ku ivomo, afatamo umwe w’imyaka 11 amutemesha umuhoro, atwara umutwe we.

Uwo mwana yigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza.

Yitwaga Manishimwe Josiane.

Abandi bana babonye uwo mugabo aje bariruka, asigarana uwo yaje kwica.

 Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari witwa Richard Niyomwungeri yabwiye itangazamakuru ko abaturage bageze aho ayo mahano yebereye basanga iryo shyano ryaguye.

Ngo bahasanze  igihimba cye gusa.

Avuga ko kuva icyo gihe kugeza n’ubu bari gushakisha umutwe w’uwo mwana ariko inkuru yatangajwe bataramufata.

Amakuru dufite avuga ko  nyuma y’uko iri shyano riguye, abayobozi bakoresheje inama n’abaturage kugira ngo babahumurize kandi ngo no mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nabwo iyo nama yabaye.

Inzego z’umutekano n’iz’ubuyobozi bw’ibanze zikomeje gukorana kugira ngo ukurikiranyweho icyo cyaha afatwe.

Birinze gutangaza amazina ye n’ifoto ye kuko ngo iperereza rigikomeje.

TAGGED:featuredGishariRwamaganaUmutweUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kwitabira Irushanwa Ryo Kujya Mu Gikombe Cy’Isi Cya Cricket
Next Article Polisi Ya Kenya Yahawe Uburenganzira Bwo Kurasa Ibisambo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?