Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Umwana Yaciwe Umutwe, Uwabikoze Arawujyana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Umwana Yaciwe Umutwe, Uwabikoze Arawujyana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2022 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gishari, Akarere ka Rwamagana  haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana waciwe umutwe none uwo mutwe bawushatse barawubura.

Yari ajyanye na bagenzi be kuvoma atemwa n’umuntu utarafatwa kugeza ubwo twatangazaga iyi nkuru.

Amakuru avuga ko ibi byabereye mu Murenge wa Gishari, Akagari ka Bwinsanga, mu Mudugudu wa Nyakabungo.

Bivugwa ko uwakoze ibi yabanje kwihisha, abana barindwi baciye ku ivomo, afatamo umwe w’imyaka 11 amutemesha umuhoro, atwara umutwe we.

Uwo mwana yigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza.

Yitwaga Manishimwe Josiane.

Abandi bana babonye uwo mugabo aje bariruka, asigarana uwo yaje kwica.

 Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari witwa Richard Niyomwungeri yabwiye itangazamakuru ko abaturage bageze aho ayo mahano yebereye basanga iryo shyano ryaguye.

Ngo bahasanze  igihimba cye gusa.

Avuga ko kuva icyo gihe kugeza n’ubu bari gushakisha umutwe w’uwo mwana ariko inkuru yatangajwe bataramufata.

Amakuru dufite avuga ko  nyuma y’uko iri shyano riguye, abayobozi bakoresheje inama n’abaturage kugira ngo babahumurize kandi ngo no mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nabwo iyo nama yabaye.

Inzego z’umutekano n’iz’ubuyobozi bw’ibanze zikomeje gukorana kugira ngo ukurikiranyweho icyo cyaha afatwe.

Birinze gutangaza amazina ye n’ifoto ye kuko ngo iperereza rigikomeje.

TAGGED:featuredGishariRwamaganaUmutweUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kwitabira Irushanwa Ryo Kujya Mu Gikombe Cy’Isi Cya Cricket
Next Article Polisi Ya Kenya Yahawe Uburenganzira Bwo Kurasa Ibisambo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Senegal 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

You Might Also Like

Andi makuruMu Rwanda

PM Nsengiyumva Asaba Abarangiza Kaminuza Kutazabera Igihugu Impfabusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abanyaburayi Babwiwe Ibyiza Bazasanga Mu Rwanda Nibarusura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeIbiza KamereMu RwandaUmutekano

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?