Mu Murenge wa Gishari, Akarere ka Rwamagana haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana waciwe umutwe none uwo mutwe bawushatse barawubura. Yari ajyanye na bagenzi be kuvoma atemwa...
Ubwo yasozaga amahugurwa urubyiruko rw’abakorera bushake yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri mu Murenge wa Gishari, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborere DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yaraye ashyikirije impamyabumenyi abapolisi 108 barangije amasomo abategurira kuyobora bagenzi babo. Hari mu...
Abayobozi 500 baherutse gutorerwa kujya mu Nama Njyanama mu Turere twose n’Umujyi wa Kigali ubu bari i Rwamagana mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri mu...
Mu mezi 13 ashize, abanyeshuri 663 binjiye mu Ishuri rya Polisi rya Gishari, amezi ya mbere bayamara batozwa gukomeza umubiri, bahabwa ubumenyi mu bya gisirikare na...