Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578.

Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisansi ikagura Frw 1609.

RURA ivuga ko  Leta y’u Rwanda yigomwe amafaranga iyongera ku kiguzi cya Mazutu kugira ngo irinde ko bikomeza kuremerera umuguzi.

Ngo ni kuri iyi nshuro Leta yigomwe imisoro kugira ngo mazutu utazamukaho Frw 51 kuri litiro ahubwo izamukeho Frw 20.

Itangazo rya RURA ryashyizweho umukono na Déo Muvunyi uyobora uru rwego by’agateganyo rivuga ko kiriya cyemezo cyafashwe mu rwego rwo gukumira ingaruka ziremereye z’ubwiyongere bw’ibikomoka kuri Petelori ku bindi bicuruzwa.

Kuba ibiciro bitameze neza ku isoko ahanini bishingiye ku bibazo biri mu isi y’ubu bijyanye n’intambara y’u Burusiya na Ukraine ndetse n’ibindi biterwa n’imihindagurikire y’ikirere.

ITANGAZO: Ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa tariki ya 08 Ukwakira 2022.#RwOT pic.twitter.com/HqUHPnQcQE

— Rwanda Utilities Regulatory Authority – RURA (@RURA_RWANDA) October 7, 2022

TAGGED:featuredIbiciroLisansiMazutuRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jacob Zuma Yafunguwe
Next Article Djibouti: Inyeshyamba Zagabye Igitero Mu Kigo Cya Gisirikare Zinyaga Intwaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?