Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578.

Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisansi ikagura Frw 1609.

RURA ivuga ko  Leta y’u Rwanda yigomwe amafaranga iyongera ku kiguzi cya Mazutu kugira ngo irinde ko bikomeza kuremerera umuguzi.

Ngo ni kuri iyi nshuro Leta yigomwe imisoro kugira ngo mazutu utazamukaho Frw 51 kuri litiro ahubwo izamukeho Frw 20.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Itangazo rya RURA ryashyizweho umukono na Déo Muvunyi uyobora uru rwego by’agateganyo rivuga ko kiriya cyemezo cyafashwe mu rwego rwo gukumira ingaruka ziremereye z’ubwiyongere bw’ibikomoka kuri Petelori ku bindi bicuruzwa.

Kuba ibiciro bitameze neza ku isoko ahanini bishingiye ku bibazo biri mu isi y’ubu bijyanye n’intambara y’u Burusiya na Ukraine ndetse n’ibindi biterwa n’imihindagurikire y’ikirere.

ITANGAZO: Ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa tariki ya 08 Ukwakira 2022.#RwOT pic.twitter.com/HqUHPnQcQE

— Rwanda Utilities Regulatory Authority – RURA (@RURA_RWANDA) October 7, 2022

TAGGED:featuredIbiciroLisansiMazutuRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jacob Zuma Yafunguwe
Next Article Djibouti: Inyeshyamba Zagabye Igitero Mu Kigo Cya Gisirikare Zinyaga Intwaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?