Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bw’ikigo gitanga ibikomoka kuri petelori RUBiS, ikigo kitwa Castrol  kigiye kugeza ku bafite ibinyabiziga amavuta atagira ibinyabutabire byinshi byangiza moteri.

Ikigo Castrol kimaze imyaka 125 gikora kandi kigakwiza ayo mavuta henshi ku isi.

Uyobora Ikigo RUBiS ishami ry’u Rwanda witwa Jeanine Kayihura yabwiye itangazamakuru ko gukorana  n’ikigo Castrol bizagifasha kongera ubwiza bwa serivisi zahabwaga abakigana.

Jeanine Kayihura

Ati: “Iwacu twizera ko imikoranire hagati y’abantu bahuje intego biteza imbere  impande zose mu guharanira inyungu z’Abanyarwanda. Ikigo Castrol kizwiho kugira amavuta ya moteri meza atuma ikora neza kandi ntisaze bya hato na hato kandi ni ikintu imaze igihe ikora”.

Kayihura avuga ko  u Rwanda rufite gahunda ihamye y’uko moteri z’imodoka zigenda ku butaka bwarwo ziba zikora neza, rukazabigeraho binyuze mu bufatanye n’abandi barimo n’ikigo Castrol.

Mu masezerano impande zombi zaraye zisinyiye i Kigali harimo ko amavuta ya Castrol azajya agurirwa kuri stations za RUBiS aho ziri hose mu Rwanda.

Ibi kandi biri no muri gahunda yagutse ya Leta y’u Rwanda yo guharanira ko ikirere cyarwo kibamo umwuka mwiza, utuzuyemo ibyuka abahanga bemeza ko bihumanya ikirere.

Moto n’imodoka zikoresha lisanse cyangwa mazutu yo muri kiriya kigo zizungukira mu gukoresha ariya mavuta ya moteri avugwaho kuba meza.

Umuyobozi wa Castrol East Africa witwa Ed Savage avuga ko gukorana n’u Rwanda ari ibintu bitanga umusaruro kuko ari igihugu kigambiriye  iterambere rirambye.

Umuyobozi wa Castrol East Africa witwa Ed Savage

Bimwe mu byo abafite ibinyabiziga bazahabwa ku bufatanye bw’ibyo biga ni amavuta yo mu bwoko bwa Castrol EDGE, Castrol MAGNATEC, Castrol GTX, Castrol CRB ni ibindi.

Ikigo RUBiS cyatangiye gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2019.

Ku rwego rw’isi cyatangiye gukora mu mwaka wa 1990.

Mu Rwanda ihafite stations 50.

Ikigo Castrol gifite icyicaro muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AmavutafeaturedLisanseMoteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda
Next Article Abafana Ba APR Bakoze Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?