Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Igiciro Cya Mazutu Cyaruse Icya Lisansi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Igiciro Cya Mazutu Cyaruse Icya Lisansi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2022 11:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo ngenzuramikorere gukurikirana imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Mata, 2022 igiciro cya Mazutu ari Frw 1,368 kuri litiro mu gihe icya Lisansi ari Frw 1,359. Ntibisanzwe ko igiciro cya Lisanse kirutwa n’icya Mazutu.

Hari umwe mu bakoresha ibinyabiziga wabwiye Taarifa ko bidakunze kubaho ko igiciro cya Mazutu kiruta icya Lisansi.

Ngo muri iki gihe impamvu atekereza ko yaba yatumye mazutu ihenda kurusha lisansi ari uko hari imodoka nyinshi ziri kugurwa n’Abanyarwanda kandi zikoresha mazutu.

Muri zo ngo harimo za Hyndai ziri kugurwa cyane n’Abanyarwanda.

RURA ivuga ko Leta y’u Rwanda yigomwa imwe mu misoro ikayishyira mu kunganira abacuruza ibikomoka kuri petelori yirinda ko igiciro katumbagira.

Itangazo ry’uko ibiciro bihagaze muri iki gihe

No kuri iyi nshuro ngo Leta yashyizemo amafaranga bituma aho kugira ngo igiciro kuri lisansi kiyongereho Frw 218 ahubwo kiyongereyeho Frw 103.

Ku giciro cya Mazutu ho ngo aho kugira ngo hiyongereho Frw 282 hiyongereye ho Frw 167.

Ubuyobozi bwa RURA buvuga ko mu gufasha abaturage kutagerwaho n’ingaruka zikomeye za COVID-19, Leta ishyira amafaranga mu bitumizwa mu mahanga kandi ngo izakomeza kubikora.

Ibiciro bya lisansi na mazutu bitangazwa buri mezi abiri.

TAGGED:featuredIgiciroLisansiMazutuRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Irihanangiriza Abashyira Abana Ku Mbungankoranyambaga Babashako Amaronko
Next Article Perezida Kagame Yageze Muri Zambia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?