Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Inkende Zitaba Muri Pariki Zigiye Kuzakorerwa ‘Operation’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Inkende Zitaba Muri Pariki Zigiye Kuzakorerwa ‘Operation’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2023 2:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya aherutse kubwira Abasenateri ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gushakisha inkende aho ziri hose mu Rwanda zigafatwa zikajyanwa muri Pariki ya Nyungwe.

Asa n’utebya Dr Mujawamariya yabwiye Abasenateri ko bamwe muri bagenzi be baherutse kumusaba kubakiza inkende ze kuko batera amashu zikayarya kandi intero ya Leta ari ugufata neza uturima tw’igikoni.

Avuga ko Minisiteri ye iri gukorana na RDB ngo barebe uko iki kibazo cyakemurwa mu buryo burambye.

Ati: “ Ubu turi gukorana na RDB ngo turebe uko ziriya nkende twazigabanya zikajya muri Nyungwe.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora yemera ko bitoroshye kuko ngo ari ‘operation ihambaye’.

Mu gufata ziriya nkende, Leta ngo izashyiraho hangari( ahantu hanini hasakaje shitingi) ishyiremo ibyo zikunda zikagumamo ntishobore gusohoka nyuma zikaza guterwa zigashyirwa mu modoka zikajyanwa muri pariki ya Nyungwe.

Inkende ariko zibamo amoko menshi.

Zikunze kugaragara mu bice byeramo ibito by’imbuto by’amoko atandukanye cyane cyane imineke n’amapera, mu Bugesera, mu bigo by’Abihayimana bifite imirima y’imbuto, ibigo by’ubushakashatsi mu buhinzi nka RICA, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye ahitwa Arboritum n’ahandi.

TAGGED:featuredInkendeMujawamariyaNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bahawe Ubundi Buryo Bwo Kohererezanya Amafaranga N’Abari Mu Mahanga
Next Article Rwanda: 71% By’Ubutaka Bwateguriwe Kuhirwa Ntibwuhiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?