Bazishinja kwigabiza imirima yabo zikarya ibijumba, imineke n’ibigori k’uburyo bavuga ko niba Leta ya Kenya itabatabaye ngo izirukane, inzara izabibasira mu gihe gito kiri imbere. Abo...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yarangije gushyira ku ruhande Miliyoni $10 yo kwifashisha mu gihe indwara y’ubushita bw’inkende yaba yageze mu gihugu. Ni amafaranga...
Inkende yari yarigize kagarara ndetse ituma n’izindi zigira ibyigomeke ku baturagebayifashe barayica. Mu Buyapani mu Ntara ya Yamaguchi itsinda ry’inkende ryari rimaze iminsi ryarazengereje abahatuye. Uwahitaga...
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaze...
Ku isi hari impungenge z’uko hashobora kwaduka ikindi cyorezo gitewe n’indwara Abanyarwanda bise UBUSHITA BW’INKENDE. Mu Cyongereza bayita Monkey Pox. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko...