Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ku Mihanda Hashyizweho Ibyapa Biburira Abashoferi Ko Sofia Iri IMBERE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ku Mihanda Hashyizweho Ibyapa Biburira Abashoferi Ko Sofia Iri IMBERE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2023 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA, cyatangiye gushyira ku mihanda migari ibyapa biburira abantu ko bakwiye kugenda gahoro kuko imbere hari camera bise Sofia iri bubandikire nibarenza umuvuduko.

Ibi bikozwe nyuma y’uko Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yari aherutse kubibwira abanyamakuru ko iyi gahunda ihari.

CG Felix Namuhoranye

Umushoferi wavuganye na Taarifa yavuze ko ibi ari ikintu kiza kuko uzarenza umuvuduko camera ikamwandikira atazitwaza ngo ntiyari yayibonye.

Mudaheranwa ati: “ Kereka utazi gusoma Icyongereza ariko nawe azabaza bagenzi be bakizi bamubwire icyanditse ku cyapa.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umumotari witwa Janvier nawe ashima iby’ibi byapa ariko akifuza ko n’ahahishe sofia ntoya( cameras bimukana) hajya hagaragazwa kugira ngo abantu bahagendere gake.

Imibare itangwa na Polisi y’u Rwanda igaragaza ko umubare w’impanuka zikomeye wabaganutse bitewe n’uko abantu batakirukanka cyane kuko batinya amande bacibwa kubera kutubahiriza umuvuduko wagenwe.

Iki cyapa kiraburira ko imbere hari Sofia
TAGGED:IbyapaPolisiUmuvuduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Ba Guverineri B’Intara N’Abadepite Bamaze Amezi 6 Badahembwa
Next Article Abanyarwanda Bahawe Ubundi Buryo Bwo Kohererezanya Amafaranga N’Abari Mu Mahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?