Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ku Mihanda Hashyizweho Ibyapa Biburira Abashoferi Ko Sofia Iri IMBERE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ku Mihanda Hashyizweho Ibyapa Biburira Abashoferi Ko Sofia Iri IMBERE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2023 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA, cyatangiye gushyira ku mihanda migari ibyapa biburira abantu ko bakwiye kugenda gahoro kuko imbere hari camera bise Sofia iri bubandikire nibarenza umuvuduko.

Ibi bikozwe nyuma y’uko Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yari aherutse kubibwira abanyamakuru ko iyi gahunda ihari.

CG Felix Namuhoranye

Umushoferi wavuganye na Taarifa yavuze ko ibi ari ikintu kiza kuko uzarenza umuvuduko camera ikamwandikira atazitwaza ngo ntiyari yayibonye.

Mudaheranwa ati: “ Kereka utazi gusoma Icyongereza ariko nawe azabaza bagenzi be bakizi bamubwire icyanditse ku cyapa.”

Umumotari witwa Janvier nawe ashima iby’ibi byapa ariko akifuza ko n’ahahishe sofia ntoya( cameras bimukana) hajya hagaragazwa kugira ngo abantu bahagendere gake.

Imibare itangwa na Polisi y’u Rwanda igaragaza ko umubare w’impanuka zikomeye wabaganutse bitewe n’uko abantu batakirukanka cyane kuko batinya amande bacibwa kubera kutubahiriza umuvuduko wagenwe.

Iki cyapa kiraburira ko imbere hari Sofia
TAGGED:IbyapaPolisiUmuvuduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Ba Guverineri B’Intara N’Abadepite Bamaze Amezi 6 Badahembwa
Next Article Abanyarwanda Bahawe Ubundi Buryo Bwo Kohererezanya Amafaranga N’Abari Mu Mahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?