Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA, cyatangiye gushyira ku mihanda migari ibyapa biburira abantu ko bakwiye kugenda gahoro kuko imbere hari camera bise Sofia iri bubandikire nibarenza...
Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yaburiye abinubira ko kamera (camera) zifata abarengeje umuvuduko zabaye nyinshi ku mihanda, avuga ko hakiri kare cyane...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo...