Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Meteo Iraburira Abantu Ku Bwinshi Bw’Imvura Iri Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbidukikijeMu Rwanda

Rwanda: Meteo Iraburira Abantu Ku Bwinshi Bw’Imvura Iri Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2024 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Imvura nyinshi ibangamira benshi
SHARE

Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kiravuga ko mu minsi ine ni ukuvuga guhera taliki 17, kugeza taliki 21, Ukwakira, 2024 hari ibice by’u Rwanda bizagusha imvura nyinshi cyane.

Izibasira Rubavu, Rutsiro, Karongi, Nyamasheke, Nyamagabe, Rusizi, Gicumbi, Rwamagana, Kirehe, Uturere tw’Umujyi wa Kigali, no mu bice bya Musanze, Nyabihu, Ngororero, Kamonyi, Bugesera na Ngoma.

Uko Meteo itangaje iteganyagije ni nako iburira abantu kugira ngo bazitwararike batazahura n’ibiza biterwa n’imvura nk’iyo cyane cyane mu bice by’imisozi miremere.

Imisozi nk’iyo yiganje mu Burengerazuba no mu Majyaguru by’u Rwanda.

Utu tutere abadutuye bakwiye kwitondera imvura iri imbere aha

Ibiza birimo inkangu, imyuzure n’inkuba biri mu bikunze kwibasira ibyo bice.

Minisiteri yo kwita ku mpunzi no kurwanya ibiza, MINEMA, ikunze gusaba abaturage gusakara neza ibiseng, bakabikomeza birinda ko inkubi yazabasakamburira igatuma barara rwantambi.

Isaba abantu gusibura imingoti kugira ngo bizafashe amazi gutambuka kugira ngo atabangiriza imyaka.

Muri uyu mujyo kandi Guverinoma y’u Rwanda yateye ibiti ku misozi myinshi mu rwego rwo kugabanya ubukana bw’imivu yatembaga imirima, abantu bakarumbya kandi barateye baziko bazeza bakihaza mu biribwa.

TAGGED:featuredIkirereImvuraMeteoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yishe Sinwar Wari Uherutse Gutorerwa Kuyobora Hamas 
Next Article Uko Igitero Cyo Kwivugana Yahya Sinwar Cyagenze…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?