Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Perezida Kagame Yatashye Uruganda Rwa Sima Ikomeye Kurusha Izindi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Perezida Kagame Yatashye Uruganda Rwa Sima Ikomeye Kurusha Izindi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda  rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu barukoramo yabwiye Taarifa ko uru ruganda rukora sima ikomeye ku rwego rwa 52, rukaba ari urwego rukorwaho inkingi zishyirwa mu mazi.

Ni uruganda rwa kabiri ruri mu Karere kuko ngo urundi ruba muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Rwubatswe n’Abashinwa ni ikigo kitwa Anjia Prefabricated Constraction Rwanda Company Ltd.

Ruje kunganira izindi ziri mu Rwanda ritunganya sima.

Abarwubatse bavuga ko bakoze uko bashoboye bashyiraho uburyo bwose bwo kurinda abakozi no gutuma bakora bumva baguwe neza.

Ikindi Taarifa yamenye ni uko ruzakoresha ibikoresho bizava muri Kenya no muri DRC ndetse n’amakoro yo mu Rwanda.

Umuyobozi wa RDB Claire Akamanzi avuga ko gutaha ruriya ruganda ari ikintu kerekana ko umubano w’u Rwanda n’Ubushinwa ukomeje kuzamuka kandi agashima ko Perezida Kagame akomeje gutuma abashoramari bava imahanga bakarushoramo imari.

Ambasaderi w’Ubushinwa mu Rwanda yavuze ko igihugu cye kishimira gukorana n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye harimo no kubaka ibikorwa remezo birimo na ruriya ruganda.

Ati: “ Turashaka gukomeza gukorana n’u Rwanda kandi n’abayobozi b’ibihugu byacu barabishaka. U Rwanda ni igihugu cy’inshuti yacu kandi twishimira ko

Perezida Kagame wari umushyitsi mukuru muri uyu muhango avuga u Rwanda rwishimira ko Ubushinwa ari umufatanyabikorwa wa kera w’u Rwanda kandi ashima na Haile Mariam Desalegn nawe waje muri iki gikorwa.

Yashimye ikigo West China Company ko cyakoranye n’Afurika cyane kandi avuga ko ubwo yasuraga ruriya ruganda yasanze rwubatswe neza kandi ngo ruzaba umusemburo wo guteza imbere u Rwanda mu murongo warwo w’iterambere mu bikorwaremezo.

Perezida Kagame avuga ko imijyi y’u Rwanda iri gukura bityo ko hakenewe inganda zikora sima ihagije, izo nganda zigatanga akazi bityo Abanyarwanda bakabona akazi.

Yashimye abo mu ruganda Anjia ko bahisemo gushora mu Rwanda bakahubaka uru ruganda ruzafasha mu kubaka ibikorwaremezo u Rwanda rukeneye ngo rukomeze gutera imbere.

Uru ruganda rufite ubushobozi bwo gukora toni miliyoni imwe mu mwaka.

Rwubatswe ku gaciro ka miliyoni $50 zirenga.

TAGGED:featuredKagameSimaUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ron Adam Wahagarariye Israel Bwa Mbere Mu Rwanda Yushe Ikivi
Next Article Umuganura Ni Ugusangira Umutima Ukunda u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?