Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda Revenue Yatangije Uburyo Bworoheye Usora 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Rwanda Revenue Yatangije Uburyo Bworoheye Usora 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2024 10:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro cyatangaje ko cyashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gufasha abasora kubikora byoroshye bise Electronic Billing Machine (EBM) Version 2.1 System.

Ni uburyo bukoresha ikoranabuhanga bita ‘software’, umuntu ashyira muri mudasobwa cyangwa telefoni igendanwa.

Bifasha umucuruzi gusora atavuye aho ari, bigacungura amafaranga n’umwanya yari bukoreshe ajya cyangwa ava ku cyicaro cya RRA.

Abasora basabwa ko mu gihe bashaka gushyiramo ririya koranabuhanga bajya mu cyuma cy’ikoranabuhanga runaka bakandikamo www.rra.gov.rw nyuma bakajya ku buryo bita “Remote EBM Self-Installation” hanyuma bagakurikiza amabwiriza.

Ikigo cy’igihugu k’imisoro n’amahoro cyashyizeho EBM ngo ibe uburyo bworoshye bwo gusora neza, bigatuma banamenyekanisha kuri Rwanda Revenue Authority uko ubucuruzi bwabo bwifashe.

TAGGED:featuredImashiniRwandaUmusoro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Sports Ikomeje Kuza Imbere Muri Shampiyona
Next Article U Rwanda Rugiye Gutaha Icyambu Kinini Ku Kiyaga Cya Kivu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?