Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagati...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye haramukiye inkuru y’abantu batandatu baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Batatu muri bo ni abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari...
Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsabimana kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gashyantare 2023 yaraye yakiriye imashini 61 nini zikora imihanda. Ni iz’ikigo kitwa ‘Construck’ gishamikiye...
Uyu mukire wa mbere ku isi avuga ko mu gihe kiri imbere urubyiruko rugomba kujya ruhitamo amasomo yo guhanga ibintu bishya ariko bikorerwa mu nganda. Yemeza...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora imashini zikora imihanda n’izihinga rwitwa John Deere rugiye kubaka uruganda rukora imashini zihinga zikanakora imihanda zitwa mu Kinyarwanda: Tingatinga(caterpillars) na torotoro(tractors) Uru ruganda...